Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Minisiteri y’ingabo za Israel itangaza ko kuri uyu wa Kane hari indege 14 zageze yo zizanye intwaro zoherejwe na Amerika n’Ubudage. Kuva intambara iki gihugu kigiri kurwana na Hamas muri Gaza yatangir...
Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka. Ubuvug...
Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...
*Amerika yahaye Iran amasaha 48 ngo imanike amaboko *Iran ntibikozwa *Putin ashobora kwinjira muri iyi ntambara UBURASIRAZUBA bwo Hagati bwahoze kandi kugeza n’ubu buracyari ahantu hakunze kubera inta...
Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure kandi bwemewe. Bibaye mu gihe hashize iminsi avugwa muri ruswa ya Miliyoni $19 yari agenewe kuba...
Donald Trump yanditse kuri Truth Social( ni urubuga nkoranyambaga rwe ku giti cye) ko igihe kigeze ngo Iran ikamanike amaboko imbere ya Israel kandi ko ikwiye kubikora nta yandi mananiza. Ibi abitanga...
Ubwo harangizwaga Igihembwe cy’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, abayigize bemeje ku bwiganze ko Ubushinjacyaha bwemerewe gutangira gukurikirana Minisititi w’Ubutabera Con...
Abaturage bane ba Israel baraye biyongereye kubo ibisasu bya Iran bimaze guhatana guhera kuri uyu wa Gatandatu ubwo iki gihugu cyatangiraga kwihorera ku gitero Israel yakigabyeho kikica abakomeye. Hag...
Donald Trump yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ko yabujije Israel kwica Umuyobozi W’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei. Avuga ko Israel yari ifite umujinya n’ubush...









