Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel bihagarikwa by...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Wang Yi ari mu Burayi mu ruzinduko rw’iminsi irindwi azaganiriramo na bagenzi be uko Beijing yarushaho gucuruzanya n’Abanyaburayi. Ababisesengura bavuga ko...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo ntisiba kuvukamo imitwe y’inyeshyamba ifite amazina atangaje kandi ikorera abaturage ibya mfura mbi. Ubu hadutse uwitwa Zaïre, uvugwaho kwica abantu ukoresheje imihor...
Mu Bufaransa, Espagne, Portugal, Ubutaliyani, Ubudage, Ubwongereza no mu bindi bihugu by’Uburayi haravugwa ubushyuhe budasanzwe bwatumye abaturage cyane cyane abageze mu zabukuru babura amahwemo. Ubus...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran wungirije Majid Takht-Ravanchi yabwiye BBC ko igihugu cye gishobora kwemera gusubukura ibiganiro ariko kikizezwa ko kitazaraswa nk’uko byagen...
Abaganira nawe bakamenya ibyo aganira na Minisitiri w’ingabo n’abagaba bazo, bemeza ko hari umugambi Netanyahu afite w’uko niba Hamas itarekuye abaturage ba Israel yatwaye bunyago mu minsi mike iri im...
*Kabila avuga ko ibya Kigali na Kinshasa bitareba AFC *Muyaya we yemeza ko ibya M23 bizarangira nabi Mu kiganiro n’abanyamakuru, Umuvugizi wa Guverinoma ya Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Pa...
Ambasaderi w’agateganyo wa Amerika mu Muryango w’Abibumbye Dorothy Shea yabwiye Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi ko M23 imaze amezi abiri yarabujije MONUSCO kugera ku bakeneye ubufas...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Abantu ibihumbi byinshi bahuriye mu mihanda y’i Teheran baje guherekeza bwa nyuma abajenerali n’abahanga ba Iran baherutse kwicirwa mu bitero Israel yagabye yo. Muribo harimo na Perezida wa Iran Mans...









