Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Iran binyuze mu muvugizi wayo witwa Esmaeil Baghaei yatangaje ko ibiherutse gutangazwa n’Intumwa ya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati by’uko hari ibiganiro hagati...
Bisa nk’aho Donald Trump aha abanyamafaranga agaciro kanini ku buryo abiyegereza muri Politiki akora. Ubu yatangiye gukorana na Larry Ellison umukire wa kabiri ku isi ufite Miliyari $ 233. Ni um...
Leta zunze ubumwe z’Amerika cyane cyane imwe muri 50 ziyigize yitwa Texas iri mu gahinda nyuma yo gupfusha abantu 81 abandi 41 bakaba baraburiwe irengero kubera umwuzure uherutse kwibasira iyi ntara i...
Abarobyi 200 muri 234 bari baherutse gufatwa na Polisi ya Angola irinda imipaka ikora ku mazi baraye barekuwe. Bafashwe Tariki 25, Nyakanga, 2025 baroba amazi ari ahitwa Kimuabi muri Teritwari ya Moan...
Abakiri bato m Burundi bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise Boost kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Uretse abana bafite guhera ku myaka 16, iki kiyobyabwenge kiri no mu bakuru. Muri abo b...
Mu gusubiza niba Guverinoma ya DRC izemera ingingo umunani AFC/M23 isaba kugira ngo intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Thérèse Kayikwamba yavuze ko ziri gus...
Mbere y’uko bombe ihagwa, ahacururizwa ikawa hitwa Al-Baqa hari hateraniye abanyeshuri, abahanzi n’abandi bantu bari kuganira, basangira ubwoko butandukanye bw’ikawa. Ni ahantu BBC i...
Perezida Donald Trump yaraye atsinze ikindi gitego ubwo Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye yatoraga umushinga w’itegeko rigena uko ubukungu buzaba bumeze. Uwo mushinga yawise Big Beautiful Bill uk...
Iperereza ryakozwe na Polisi ya Uganda, ishami ryayo mu Murwa mukuru, Kampala, ryatumye umukobwa witwa Eva Mbabazi afatwa akekwaho uruhare rutaziguye mu rupfu rwa Dr. John Spire Kiggundu wapfiriye mur...
Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye gihagaritse imikoranire n’Ikigo mpuzamahanga cy’ingufu nikileyeri gifite icyicaro i Vienne muri Autriche. Byatangarijwe mu itangazo mu Cyong...









