I Caracas muri Venezuela hafatiwe umwanzuro wo guha abaturage intwaro, bagatozwa kurwana bitegura kuzahangana na Amerika igihe izaba ibashoyeho intambara. Mbese abaturage bari gutegurirwa intambara. B...
Mu Ntara ya Guizhou mu Bushinwa hatashywe ikiraro kiri ku butumburuke bwa metero 625 hejuru y’uruzi rwa Beipan ruca mu misozi miremire iri muri aka gace. Ni cyo kiraro kiri hejuru mu butumburuke kurus...
Benyamini Netanyahu mu Cyumweru gitaha arahura n’amahurizo menshi ari mo no guhitamo kwemera ibyo azasabwa na Amerika ngo intambara arwana na Hamas muri Gaza irangire. Kuri uyu wa Mbere Tariki 29, Nze...
Leta y’Ubushinwa yahungishije abaturage Miliyoni ebyiri batuye mu Majyepfo kubera inkubi ikomeye bise Ragasa ikaba iri gusatira Intara ya Guangdong. BBC yanditse ko hari abantu 14 bamaze gupfa b...
Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere. Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigeng...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye i New York ko iyo u Rwanda ruvuga ko rwacyuye ingabo zarwo ziba mu gihugu cye, biba atari byo. Yabibwiye abanyamakuru baje mu ...
Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan witwa Zabihullah Mujahid yavuze ko ibyo Donald Trump yanditse kuri Truth Social by’uko Afghanistan igomba gusubiza Amerika ikibuga cy’indege cya Bargam ari inzoz...









