Delphine Kamaziga ni rwiyemezamirimo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Kakiru hafi y’ikicaro gikuru cya Polisi. Avuga ko gucuruza ibintu bikozwe mu ibumba bimutunze ndetse n’abo akoresha. Yemeza ko kubumba ...
Adolphe Mutoni ni rwiyemezamirimo ufite ikigo yise Via Via Kigali gikora iby’ubugeni kiri i Nyarutarama mu Karere ka Gasabo. Mu imurikagurisha ry’ibihangano by’ubugeni ryabereye muri kariya gace, yav...
Abakobwa batandatu bo mu itsinda rya muzika ryitwa Nep Queenz baraye bakoze igitaramo cya muzika icuranzwe mu buryo bw’imbonankubone n’ubwo kititabiriwe cyane. Kiriya gitaramo cyatangiye saa kumi n’im...
Niryo tsinda ry’abakobwa bakora umuziki mu buryo bw’imbonankubone kandi bose ni abakobwa mu buryo bwuzuye. Mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda, aba bakobwa bari bamaze kumenyerwa muri za Hoteli bacu...



