Abasore bagize itsinda rya Sauti Sol batangaje ko italiki bari buzakorereho igitaramo yahindutse ireka kuba taliki 18, iba taliki 30, Ukwakira, 2024. Ntibigeze batangaza impamvu yo guhindura iyo talik...
Umuhanzi Butera Knowles aherutse gutaramira Abanyamerika mu gitaramo kiswe African Rhythms bishimira inganzo ye. Igitaramo cye cyateguwe n’ikigo Global Livingstone Institute. Butera yavuze ko yanyuzwe...
Mu gihe mu Rwanda hateganywa inama izahuza abahanzi barenga 20 muri Afurika, bagenzi babo bo mu Rwanda bagirwa inama yo kwagura imikoranire na bagenzi babo bo kuri uyu mugabane. Imwe mu mpamvu abahan...
Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent. Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherut...
Mu Mujyi wa Kigali haherutse kubera impaka ku mpamvu zituma ibyamamare bikomeye muri cinema nyarwanda bihora ari bimwe! Ibyo akenshi ni Papa Sava, Bamenya n’abandi bacye… Ibyo biganiro mpaka bya...
Imvura nyinshi yaraye itumye ubuyobozi bwateguye igitaramo MTN Iwacu Muzika Festival bwanzura ko icyaberaga mu Karere ka Bugesera gihagarara Bruce Melodie ataririmbye. Bwasezeranyije abanya Bugesera k...
Umuhanzi Bikem wa Yesu( asanzwe yitwa Emmanuel Bikorimana) avuga ko intego ye mu myaka itanu iri imbere ari uko Abakristo muri rusange bazaba bazi indirimbo byibura 150 mu zigize igitabo cy’indirimbo ...
Umuraperi wo muri Amerika uri mu bakunzwe guhera mu myaka ya 1990 kuzamura witwa Sean ‘Diddy’ Combs yatawe muri yombi na Polisi ubwo yifotozanyaga n’abafana. Akurikiranyweho ibyaha birimo ...
Umunyarwand uririmbira Imana witwa Israel Mbonyicyambu amaze iminsi ibiri muri Uganda ashimisha abafana be. Yararabaririmbiye asiga bamwishimiye kurushaho. Igitaramo cye cyatangiye taliki 23 kirangira...
Isheja Butera Sandrine wari usanzwe ari Umunyamakuru akaba yagizwe Umuyobozi wungirije wa RBA yashimiye Perezida Kagame wamuhaye izo nshingano. Kuri X yanditse kuri uyu wa Gatandatu taliki 24, Kanama,...









