Kuri uyu wa Kane Miss Divine Muheto Nshuti na Fatakumavuta bamaze kugera ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo basomerwe ibyo baregwa. Miss Muheto aherutse gutabwa muri yombi na Polisi atwaye yasinze, ...
Umuhanzi Kodama avuga ko yahisemo kuririmba indirimbo z’ubutumwa bw’amahoro, ubumwe no kuzamura igihugu yiteze ko bizazana inyungu zirambye aho kuririmba ibyo yise ibishegu biririmbwa n’abashaka inyun...
Itangazo rya Polisi y’u Rwanda ryemeza ko Miss Muheto Divine yafashwe kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo. Yasanzwe kandi nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agir...
Umukinnyi wa Filimi akaba n’umwe mu baraperi bakomeye bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika 50 Cent yanze miliyoni $3 yari yemerewe na Donald Trump ngo azaririmbe aho uyu munyapolitiki yiyam...
Umuraperi Fireman ahamya ko EP( Extended Play) aherutse gukora yatumye yinjiza umuziki we ku rwego rwiza kuko yatangiye no kuwucuruza ku mbuga za murandasi zicuruza umuziki. Extended Play ni umuziki w...
Céline Uwase ni umuhanzi utaragera kure cyane mu mwuga we. Gusa ni umwe mu bahanga baririmbira Imana indirimbo ziyihimbaza. Mu ndirimbo aherutse gusohora, harimo ubutumwa bugenewe ab’ubu bagaragara n...
Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Amerika witwa Idris Elba yatangaje ko afite gahunda yo kuzatura muri Afurika akazahamara imyaka 10 atoza abakinnyi ba filimi uko filimi ikinwa ku rwego mpuzamahanga. Idr...
Ku nshuro ya mbere Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera agiye gukorera igiterane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yakise ‘Connect Conference...
Uruganda rw’Abataliyani rukora imodoka rwitwa Ferrari rwasohoye imodoka yo muri ubu bwoko yiswe Ferrari F80 igura miliyoni £3, ni ukuvuga arenga miliyari Frw 3 kuko ipawundi rimwe rivunja Frw 1,771.69...
Umwongereza wahoze mu basore bane bashinze itsinda One Direction witwa Liam Payne yaraye yiyahuye amanutse mu igorofa ya gatatu ya Hoteli yitwa CasaSur Palermo Hotel iri mu Murwa mukuru wa Argentine ...









