Imwe muri Chorali za mbere zabaye mu Rwanda( yashinzwe mu 1968) yitwa Hoziana ivuga ko hari igitaramo cy’iminsi itatu izakora mu minsi mike iri imbere. Ubuyobozi bw’iyi Chorale buvuga ko abantu bazaza...
Mushikiwabo Denyse, Christine Munezero na Ornella Umutoni ni abanyamideli bo mu Rwanda baherutse kumurikira imideli mu birori byabereye mu Murwa mukuru w’ubwami bwa Arabie Saoudite, bikaririmbwamo aba...
Umunya Afurika y’Epfo kazi Yvonne Chaka Chaka ari mu bahanzi bategerejwe mu Rwanda mu minsi mike iri imbere mu nama mpuzamahanga ku iterambere rya muzika. Iratangira kuri uyu wa Kane, taliki 14, ikaza...
Umunyafurika y’Epfo[kazi] wamamaye ku izina rya Tayla yahembwe ibihembo bitatu byateguwe n’ikigo cy’Abanyamerika gihemba abahanzi b’indashyikirwa ku rwego rw’isi, kimuha ibihembo bitatu bya MTV Awards...
David Bayingana, umwe mu banyamakuru ba siporo ubirambyemo kurusha abandi, avuga ko ibyo uwitwa Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta aherutse kumushinjira mu rukiko by’uko yifitemo ivang...
Umunyarwenya wo muri Uganda Anne Kansiime na mugenzi we wo muri Kenya witwa Mammito bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night kizaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Ugushyingo, 2...
The Ben-amazina ye ni Mugisha Benjamin- yandikiye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro asabira imbabazi Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta, avuga ko amubabariye. Ibaruwa yageze mu itangazamakuru i...
Nshuti Muheto Divine wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2022 yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro igihano cy’amezi atatu asubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Yahanishijwe kandi gutanga ihazabu ya Frw 19...
Abayobozi muri Chorale yitwa Christus Regnat batangaje ko bazakusanya amafaranga bakayageza ku bashinzwe gahunda ya Leta yo kugaburirira abana ku mashuri yiswe Dusangire Lunch. Perezida wa Chorale Chr...
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuzafunga Miss Muheto Divine Nshuti kuzafungwa umwaka n’amezi umunani. Muheto yemeye ibyo aregwa ariko ahakana ko atigeze ahunga. Kuri uyu wa 31 ...









