Clémentine Uwitonze wamamaye mu muziki w’u Rwanda ku izina rya Tonzi avuga ko hari alubumu ya 10 ari gutunganya izasohoka mu gihe gito kiri imbere. Asanzwe ari umwe mu bahanzi baririmba indirimbo zihi...
Umwe mu bahanzi b’abakobwa bari mu bakunzwe muri iki gihe witwa Alyn Sano yavuze ko bitarenze umwaka utaha azaba yasohoye Alubumu ye ya Kabiri. Ari gushyira ku murongo indirimbo zizaba zigize al...
Queen Kalimpinya usanzwe uzwi mu gutwara imodoka zikora isiganwa kandi uri muri bake nkawe babikora neza, yatangaje ko atakitabiriye isiganwa rizabera muri Uganda kuri uyu wa Kane kubera uburwayi. Iri...
Victor Rukotana umwe mu bahanzi bake biyemeje gukora umuziki wa gakondo nyarwanda yatangaje ko mu gihe gito kiri imbere agiye gusohora alubuu yise ‘Imararungu’. Muri BK Arena yaraye ahahurije inshuti ...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere cyatangaje ko, mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru irangiza n’itangira umwaka, ahabera imyidagaduro harimo amahoteli, utubari, ...
Umunya Nigeria wamamaye mu muziki witwa David Adedeji Adeleke, uzwi nka Davido avuga igihugu cye gikeneye ubuyobozi buhamye bufite intego irambye yo guteza imbere abaturage. Mu kiganiro kitwa Elevate ...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO), ryashyize Intore z’u Rwanda mu murage ndangamuco ‘udafatika’ w’Isi. Byatangajwe na UNESCO kuri uyu wa 3, Ukubo...
Mu rwego rwo gushima umuhati bagize mu buhanzi mu mwaka wa 2024 mu Karere k’Ibiyaga bigari, abahanzi bo muri aka Karere barimo abakomoka mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bigize ikitwa Magic Vibe Awa...
Abahanzi babiri bari mu bo urubyiruko rukunda ari bo Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse kugaragarizanya urukundo ku munsi w’amavuko wa Kizigenza. Muri iki gihe abo bahanzi bongeye kwerekana urukun...
Steve Harvey kuri uyu wa Gatatu yaganiriye na Perezida Paul Kagame ku nzego yazashoramo imari cyane cyane mu byerekeye imyidagaduro. Ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ubusanzwe yitwa Broderick Step...









