Ishimwe Dieudonnée wamamaye ku izina rya Prince Kid yafatiwe muri Amerika nyuma y’uko yari yarahunze ubutabera nyuma yo guhamwa ibyaha n’inkiko zo mu Rwanda. Ibyo yari yarahamijwe ni uguko...
Uwayezu Arielle wamamaye ku izina rya Ariel Wayz avuga ko ikitishe umuntu kimukomeza, akemeza ko mu myaka ine amaze akora umuziki yakoze amakosa menshi, ananizwa na benshi ariko ntiyacika intege. Ubu ...
Ku kibuga cy’indege cya Kigali, The Ben yavuze ko yarebye asanga imitegurire y’igitaramo cya Trace Awards giherutse kubera muri Tanzania itari inoze nk’uko iyabereye i Kigali mu mwaka wa 2023 yagenze....
Umuhanzi Christopher Maurice Brown uzwi ku isi nka Chris Brown yavuze ko bigaragara nabi ku gihugu nka Kenya kuba kidafite ahantu hagari umuhanzi nkawe yakorera igitaramo akisanzura. Ni nyuma y’uko ya...
Umubyinnyi w’Umunyarwandakazi Sherrie Silver yibiwe mu ndege ya Ethiopian Airways ubwo yaganaga muri Zanzibar agiye mu irushanwa ryitwa Trace Awards & Festival. Avuga ko yatunguwe no kubura imizig...
Sibomana Emmanuel wamamaye nka Patrick mu Ikinamico Urunana avuga ko umuhati afite uzamugeza ku bwamamare ku rwego mpuzamahanga. Ni icyifuzo afite kandi yemeza ko azakigeraho kuko atazacika intege. Ya...
Icyamamare Wema Sepetu cyatangaje ko nyuma yo gukora ibishoboka byose ngo azabyare ariko bikanga, yamaze kwiyakira ko bitagishobotse. Sepetu ubu afite imyaka 35 y’amavuko. Uretse kuba yarabaye Miss ...
Ubuzima bw’umugore w’icyamamare Théo Bosebabireba bugeze ahabi kubera kurwara impyiko. Aho mu bitaro ari gukorerwa ubuvuzi bwo kuyungurura impyiko bita dialyse. Umugore wa Bosebabireba yitwa Mushimiyi...
The Ben yatangaje imijyi itandukanye ateganya gutaramiramo irimo iyo muri Canada, mu Burayi no muri Uganda, ibitaramo bye bikazaba mu matariki atandukanye mu mezi ari imbere. Azabanza muri Canada, ate...
Inkongi imaze iminsi yaribasiye Leta ya California iravugwaho gutwika inzu z’ibyamamare bikomeye muri Hollywood birimo na Paris Hilton. The Sun yanditse ko hari ibindi byamamara byahombye kubera iriya...









