Muri iyi minsi indirimbo yose igezweho mu Rwanda wumvamo akajambo ngo ‘Eleeeh’. Hari abakeka ko ari izina ry’umuhanzi runaka ariko burya ni agashya kazanywe n’umusore utunganya umuziki witwa Producer ...
Hari imvugo y’uko ‘uko inkende yurira hejuru ariko nako yerekana ubwambure bwayo’. Ucishirije wumva ko abayivuze bavugaga ko uko umuntu azamuka mu ntera, akamenyekana, akagira amafaranga ari nako ahu...
Niwitegereza ukabaza n’abandi bamaze igihe mu muziki wo mu Rwanda rwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi uzasanga nta mukobwa w’umu producer w’umuziki uri mu Rwanda cyangwa ngo abe yarigeze guk...
Umuhanzi Clarisse Karasira umaze igihe gito mu muziki yatangaje kuri instagram ko yambitswe impeta ibanziriza iy’ubukwe n’umusore atifuje ko abantu bamenya. Kuri Instagram yanditse ati: “Umutware yans...
Icyegeranyo Taarifa yakoze kigaragaza ko mu bahanzi b’Abanyarwanda bakize kurusha abandi harimo bake bageze kandi barangiza Kaminuza. Abaminuje ntibakijijwe n’amasomo ahubwo bakijijwe no kuririmba, we...
Umuziki mu Rwanda ugitangira byari bigoye ko hari uwatekereza ko uzatunga umuhanzi. Byatumye hari abahanzi bahitamo guha umwanya wabo amashuri, kuko nta kizere cy’uko umuziki wazabatunga ubwawo bari b...
Ibya ruswa y’igitsina bimaze igihe kirekire bivugwa mu myidagaduro. N’ubwo atari umwihariko ku bakora muri uru ruganda gusa, ariko naho irahari kandi hari benshi babyemeza. Abahanzi cyane cyane abakiz...
Benimana Ramadhan niwe mukinnyi w’imena muri filime z’uruherekane zica kuri YouTube zizwi nka Bamenya. Yabwiye Taarifa ko umwaka 2020 wari umuhitanye Imana ikinga akaboko azize indwara ifata ubwonko b...
Uwihirwe Yasipi Casmir wari uhagarariye u Rwanda muri Miss Africa Calabar 2020 ryaberaga muri Nigeria yabuze ikamba ariko atahana icyubahiro cyo kugirwa Ambasaderi w’ubukerarugendo w’umujyi wa Cross ...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce usanzwe azwi ku izina rya Bruce Melodie agiye gusohora indirimbo yise ikinyafu. Yanditse ko izaba irimo ubutumwa buvuga ku mwaka wa 2020. Kuri we umwaka wa 2020 ukwiriye ikiny...









