Mecky Kayiranga asanzwe ari umwanditsi muri kimwe mu binyamakuru bikorera kuri Murandasi mu Rwanda. Yasohoye indirimbo ya mbere ivuga iby’urukundo mu bantu mu gihe afite izindi zirenga 16 zivuga ku bu...
Indirimbo “Butter” yasohowe n’itsinda BTS ririmba injyana ya Pop, yaciye agahigo ko kurebwa n’abantu benshi kuri YouTube mu gihe gito, aho mu isaha imwe gusa yari imaze kurebwa n’abantu mi...
Umuhanzi Oluwatosin Ajibade wamamaye nka Mr Eazi wo muri Nigeria, yatangaje ko mu mishinga ashaka gukorera mu Rwanda harimo uwo kubaka inzu igezweho yakira ba mugerarugendo, izaba iherereye ku kirwa m...
Umuhanzi Davis D yashimiye abantu bose bamufashije ubwo yari afunzwe, ashinjwa ubufatanyacyaha mu gusambanya umwana. We n’abo bareganwa baheruka kurekurwa by’agateganyo, mu gihe bategereje kubur...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko abahanzi Davis D, Kevin Kade n’umufotozi Habimana Thierry bafungurwa by’agateganyo, nyuma yo gusanga nta bimenyetso bikomeye byagaragajwe ku cyaha bakekw...
Abaturage ba Israel cyane cyane urubyiruko bari mu byishimo nyuma y’uko Guverinoma yemeje ko batozongera kwambara agapfukamunwa. Abasore n’inkumi bari kwidagadura, ndetse bamwe bari kwitegura gusubira...
Umuhanzi Clarisse Karasira yashyingiranywe na Ifashabayo Sylvain Dejoie bamaze igihe bakundana, mu muhango wabaye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. Basezeranye kubana akaramata, bibera mu itorero C...
Inshuti n’umuryango b’Umuraperi DMX bifashishije imodoka idasanzwe mu gutwara umurambo we, ubwo wajyanwaga mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye muri Barclays Center, mu mujyi wa B...
Abahanzi Davis D na Kevin Kade bakunzwe muri iyi minsi batawe muri yombi, bakurikiranyweho ibyaha byo gusambanya umwana n’ubufatanyacyaha mu gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17. Icyishaka David w...
Emmanuel Sibomana uzwi mu Ikinamico Urunana nka Patrick yahaye Taarifa ubuhamya bwe. Yavukiye i Nyanza, mu muryango ukennye, aza i Kigali gushaka ubuzima bibanza kwanga, ariko uragerageza, ntiyacika i...









