Guhera kuri Perezida Biden kugeza ku muhanzi Justin Bieber, Abanyamerika batunguwe kandi bababazwa no kumva urukiko rwaburanishaga umugore w’icyamamare muri Basket y’Amerika witwa Brittney Griner rwam...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda bakunzwe kurusha abandi ariko uba muri Amerika witwa The Ben yageze mu Rwanda. Mu mpera z’iki Cyumweru azataramira Abanyarwanda mu gitaramo yise Rwanda Re-Birth Concert ...
Uyu Munyamerika ari mu bakinnyi ba Filimi b’iki Kinyejana bamamaye kurusha abandi. Imwe muri Filimi yakinnye mu byiciro yiswe Pirates of Caribbean iri mu zakunzwe kurusha izindi mu myaka ya vuba aha k...
Umuyobozi w’Umuryango Women Foundation Ministries Pastor Mignone Kabera avuga ko burya umugore uguwe neza agaba amahoro. Niyo mpamvu avuga ko abagore bazitabira igiterane kizabera muri Kigali Convent...
Umwe mu bakinnyi ba filimi bakina neza kandi ukiri muto witwa Clenia Dusenge wamamaye ku izina rya Madederi yashinze ikigo cy’ubucuruzi mu bw’ubwubatsi yise Clen Solutions Group. Yamenyekanye muri fii...
MTN yasinye amasezerano ayiha uburenganzira bwo kuba umuterankunga mukuru w’iserukiramuco ryiswe ATHF Festival 2022 byitezwe ko rizaririmbwamo n’umuhandi Kizz Daniel. Oluwatobiloba Daniel Anidugbe wam...
Umuntu uzumva bita ko ari influencer uzamenye ko ari umuntu uhora kuri murandasi asoma kandi agatangaza ibyo yasomye, ibyo yabonye, ibijyanye n’ubuzima bwe, ibijyanye n’ubuzima bw’ibindi byamamare…mbe...
Hari hashize imyaka itanu abavandimwe babiri bahoze bakorana mu itsinda ry’umuziki bise P-Square bahagaritse gukorana. Ubu batangaje ko basubiranye kandi bagiye gukora ibitaramo bizagera mu mijyi 100 ...
Bwa mbere mu Rwanda hateguwe irushanwa ry’abahanga mu kuvanga umuziki( DJs) ryiswe DJS Battle Competition, uzaritsinda akazahembwa imodoka ya Benz. Iyi modoka ifite agaciro ka Miliyoni Frw 25. Hari n’...
Umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda batangiye guhanga indirimbo nyuma ya Jenoside wamamaye kurenza abandi witwa The Ben( amazina ye ni Mugisha Benjamin) yatangaje ko azaza gutaramira Abanyarwanda mu ntangi...









