Umunyamideli w’icyamamare uri mu bakomeye kurusha ahandi, Kim Kardashian, yamaganye ibyo gufata no kwirukana abimukira batagira ibyangombwa muri Los Angeles biri gukorwa n’urwego rushinzwe abinjira n’...
Umunyamerikakazi ukomoka mu birwa bya Barbados witwa Rihanna yapfushije Se witwa Ronald Fenty wari ufite imyaka 70. Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 31, Gicurasi, 2025 nibwo uyu mubyeyi yapfiriye mu Murwa...
Richard Nick Ngendahayo iri mu bahanzi bamamaye kurusha abandi mu baririmba izihimbaza Imana yasohoye indirimbo yise ‘Amenya’, ikabanziriza igitaramo ateganya vuba mu mpeshyi iza. Iyo ndirimbo izajya ...
Umuhanzi nyarwanda wakinnye na filimi witwa Rukundo Frank ariko wamamaye ku izina rya Frank Joe yapfushije umugore we Melanie Gale Rukundo bari bafitanye umwana w’umuhungu. Ku mbuga nkoranyambaga,...
Umunyamerika wamamaye ku isi kubera umuziki witwa Chris Brown yarafunzwe akurikiranyweho gukubita umuntu icupa akamukomeretsa. Icyo cyaha yagikoreye mu Bwongereza mu mwaka wa 2023, afungwa kuri uyu wa...
Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rukorera mu Mujyi wa Kigali rwategetse ko sosiyete ikora umuziki yitwa Evolve Music Group Ltd yishyura umuhanzi Gabiro Girishyaka Gilbert bita Gabiro Guitar Frw 900,000 ny...
Korali Hoziana ivuga ko yahinduye mu Giswayili indirimbo yayo yamenyekanye kurusha izindi yise Tugumane Mwami. Mu Giswayile bayise “Kaa Nami”. Kuri uyu wa Kabiri nibwo ubuyobozi bwa Hoziana bwatangaj...
Richard Nick Ngendahayo umwe mu bahanzi baririmbye kandi bagakundirwa kuririmba indirimbo zihimbaza Imana mu myaka yaza 2000 ariko akaza kubihagarika, avuga ko yagarutse ngo akomereza muri uwo mujyo. ...
Haribazwa ingano y’abazaza mu gitaramo cy’Umunyarwanda Mugisha Benjamin, The Ben, giteganyijwe kuzabera muri Kampala Serena Hotel cyane ko kizagongana n’icy’umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda witwa...
Niwe mukobwa rukumbi uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza yiswe Miss Africa Calabar 2025 ari kubera muri Nigeria. Yitabiriwe n’abakobwa 25 bo hirya no hino kuri uyu mugabane. Ashimwe Michelle a...









