Mu gihe Polisi ivuga ko itazemera ko Abanyarwandakazi bimakaza imyambarire yita ‘impenure’, bisa nk’aho akazi kayitegereje ari kanini. Mu gitaramo cya Kizz Daniel giherutse kubera muri Canal Olympia ...
Igitaramo cya kabiri cyo mu iserukiramuco ryiswe MTN/ATHF cyacuranzwemo umuhanzi wo muri Nigeria uri mu bakomeye muri iki gihe witwa Kizz Daniel nacyo cyatangiye gitinze nk’uko byagenze ku cyakibanjir...
Umugandekazi Sheebah Karungi uri mu Rwanda mu iserukiramuco rya muzika ryateguwe na MTN-Rwanda yaraye aririmbiye Abanyarwanda mu gitaramo kitabiriwe n’abafana be ndetse n’abafana b’abandi bahanzi bari...
Umuhanzikazi wo muri Uganda witwa Sheebah Karungi yaraye abwiye abanyamakuru bari bitabiriye ikiganiro cyateguwe na MTN/ATFH ko hari indirimbo nyinshi yabateguriye ariko afite impungenge ko umwanya ur...
Umunyarwandakazi Teta Sandra wabanaga n’umuhanzi wo muri Uganda ukomeye witwa Weasel Manizo yatashye mu Rwanda nyuma y’ibabaza mubiri yakorewe n’uyu muhanzi bikamaganwa n’abantu benshi. Amakuru avuga ...
Umuraperi Amag The Black yabajijwe icyo yakora aramutse ahuye na mugenzi we witwa P-Fla akamwendereza. Uwamuhaga ikiganiro yamubajije niba yamutinyuka akamujya mu mitsi bakarwana, undi asubiza ko ibyo...
Polisi ya Tanzania yaraye itaye muri yombi icyamamare Kizz Daniel nyuma y’uko yanze kuririmba kandi abamutumiye bari bamwishyuye. Hari amakuru avuga ko nyuma y’amasaha runaka, yaje gufungurwa. U...
Intore Bruce ufite ikigo gitegura ibitaramo kitwa Intore Entertainment yabwiye Taarifa ko ibyo umuhanzi Kenny Sol ashinja abategura ibitaramo ko babarira mu mibare bagashaka kubakoresha mu nyungu zab...
Umwe mu bahanzi bakunzwe muri iki gihe witwa Kenny Sol yasohoye inyandiko ya paji ebyiri yikoma abategura ibitaramo ko babura abahanzi. Ku isonga avuga ko ikigo kitwa Intore Entertainment cyamuhaye a...
Abavanga umuziki bikagira injyana, bita DJs, baraye bahatanye mu ijonjora rya mbere ngo barebe uhiga abandi. Ni irushanwa ryitabiriwe n’abantu 30 barimo abakobwa babiri ari bo DJ Brianne na DJ Roxy . ...









