Uyu Munyarwanda wamamaye mu ndrimbo zisanzwe ariko vuba aha kaba yariyeguriye indirimbo zihimbaza Imana, avuga ko Taliki 23, Ukuboza, 2022 akorera muri Canada igitaramo gikomeye. Ni igitaramo yise ‘Am...
Uyu musore ntaramara igihe kinini mu muziki w’Abanyarwanda b’ubu ariko uko bigaragara arakunzwe. Afite ijwi ryiza kandi n’interuro zigize indirimbo ze zumvikanisha ko ziba zikozwe neza n’ubwo hari bam...
Umugabo n’umugore bashakanye bamenyekanye mu ndirimbo zihimbaza Imana nka James na Daniella bari gutegura indirimbo zirobanuye bazataramira Abarundi mu mpera z’umwaka wa 2022. Ni igitaramo cyateguwe n...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki 06, Ugushyingo, 2022 nibwo umuraperi w’Umunyamerika wamamaye ku izina rya Eminem yashyizwe ku rutonde ry’ibindi byamamare by’Abanyamerika bitazibagirana ku isi. N...
Rwiyemezamirimo, akaba umuhanzi ndetse n’umunyamakuru w’imyidagaduro witwa Uncle Austin yatangaje ko agarutse gukorera Radio yitwa Kiss FM yari amaze amezi umunani asezereyeho. Yasezeye kuri Kiss FM ...
Ibintu bikomeje kuzamba ku muraperi w’Umunyamerika witwa Kanye West. Umwe mu bahoze ari abakozi be avuga ko mu mwaka wa 2018 uyu mugabo yigeze kubakoresha inama ababwira ko burya Adolf Hitler yari umu...
Umunyarwenya uri mu bamamaye kurusha abandi mu Rwanda witwa Papa Sava yasinye amasezerano y’imikoranire na Canal + Rwanda. Niyitegeka Gratien yamenyekanye cyane muri filimi z’uruhererekane zitwa ‘S...
Yitwa Lee Ndayisaba. Uyu mugabo ni umwe mu bantu bagiriye akamaro kanini umuhanzi witwa Bruce Melodie kuko yamugiriye inama zamufashije kuba icyamamare ari cyo muri iki gihe. Bivugwa ko yamufashije gu...
Indirimbo Lift Me Up ya Rihanna niyo iri guca ibintu mu masaha make ashize ayirekuye. Abafana be ibyishimo ni byose kubera uyu mugore uherutse no kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umuraperi A$AP Rock...
Forbes Magazine yanditse ko umuraperi w’Umunyamerika witwa Kanye West atakibarizwa mu baherwe batunze Miliyari y’Amadolari y’Amerika kubera ko ibigo byakoranaga nawe byahagaritse imikoranire. Ngo amaz...









