Abaganga baherutse gusangana umuhanzikazi wo muri Canada witwa Céline Dion indwara idakunze kugaragara mu bantu bita Stiff Person Syndrome (SPS). Ni indwara yibasira ibice by’ubwonko bikorana n’inging...
Taliki 17, Ukuboza, 2022 nibwo hazibukwa ku nshuro ya mbere mu buryo bw’imbonankubone ubuzima bwa DJ w’umuhanga kandi w’umunyarugwiro witwaga DJ Miller. Yatabarutse muri Mata, 2020. Igitaramo cyo kumw...
Mu rwego rwo gukomeza kwerekana ko atishimira Abayahudi, Kanye West( ubu yiswe Ye) yafashe ikirango cy’Abanazi bita Swastika agiseseka mu kirango cy’Abayahudi ari cyo ‘Inyenyeri ya Dawidi’. Ye yahise ...
Urukiko rwanzuye ko umuraperi Kanye West azajya aha uwahoze ari umugore we bafitanye abana bane indezo ya $200,000 buri kwezi. Ni Miliyoni Frw 200 buri kwezi! Kim Kardashian yatanze ikirego cy’ubusab...
Phiona Umwiza wigeze guhatanira kuba Miss Rwanda mu mwaka wa 2020 ariko akaba isonga cye cya mbere, ubu arashaka noneho guhagararira urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Ubura...
Abakozi bakuru b’uruganda rwa Adidas batangije iperereza ku bimaze iminsi bivugwa ko hari abakozi barwo bakoraga inkweto zitwa Yeezy Kanye West yeretse amashusho y’urukozasoni y’uwahoze ari umugore we...
Amakuru hanze aha aravuga ko Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz akaba ari umuhanzi ukomoka muri Tanzania azataramira abatuye Umujyi wa Kigali taliki 23, Ukuboza, 2022 Ni mu gitaramo kiswe P...
Nyuma y’ibyumweru bitandatu avanywe kuri Twitter kubera kuhashyira ubutumwa bamwe bavuze ko bwibasiraga Abayahudi, umuraperi Kanye West yagaruwe kuri uru rubuga ruherutse kugurwa Miliyari $44 n’umukir...
Yari asanzwe afatwa nk’umwe mu bantu bazi guhanga imyenda myiza yambarwa n’abantu bakomeye kurusha abandi mu Rwanda. Moses Turahirwa yanditse kuri Twitter ko yeguye ku murimo wo guhanga imyenda y’abag...
Umunyarwandakazi uvanga imiziki wamamaye ku izina rya DJ Brianne yageze i Bujumbura barahurura. Niwe wavangiye imiziki Bruce Melodie ubwo aheruka yo. Abantu b’ingeri zitandukanye baje kureba uwo Munya...









