Ibitaramo abahanzi b’Abanyarwanda bamaze iminsi bakorera mu Burundi byatumye hari hamwe mu bahanzi bo muri kiriya gihugu batangira kubyinubira. Bavuga ko umuziki w’u Rwanda watwaye Abarundi benshi k’u...
Abahanzi nyarwanda Davis D na Juno Kizigenza bageze ikirenge mu cya bagenzi babo b’Abanyarwanda bamaze iminsi bataramira abaturanyi b’Abarundi. Bahakoreye igitaramo cy’amateka cyiswe ‘Party People’, g...
Mbonyicyambu Israel uzwi nka Mbonyi yaraye ageze i Bujumbura. Yabwiye itangazamakuru ry’aho ko yari yarifuje cyane kuzaza gutaramira Abarundi ariko bikanga. Ashima Imana ko ubu bigiye gushoboka. Nk’uk...
Umuhanzi uri mu bamaze igihe muri aka kazi kurusha abandi mu Rwanda witwa Makanyaga Abdoul arwariye bikomeye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali nk’uko kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda kibyemeza...
Abakunda umuziki w’umuhanzi wo muri Tanzania witwa Diamond Platinumz bamanjiriwe nyuma yo kumutegereza ngo aze bamwakire babone no kwizera ko azabaririmbira, baramubura. Hari n’abari barishyuye ngo ba...
Taliki 30, Ukuboza, 2022 , mu Rwanda ku nshuro ya mbere hazabera igitaramo cya mbere kizahuriza hamwe Abanyarwanda( cyane cyane ab’i Kigali) ndetse na bagenzi babo baba hanze. Ni igitaramo kizab...
Radio France Internationale muri iki gihe iri gucishaho indirimbo y’Umunyarwandakazi Alyn Sano yiswe Say Less. Mu Kinyarwanda ni ‘Vuga Uziga’ Ni indirimbo yakoranye na bagenzi be Fik Fameica na Sat B....
Rastaman wo muri Côte d’Ivoire witwa Alpha Blondy yasohoye indirimbo avuga ko nta cyabuza izuba kurasira u Rwanda. Avugamo ko ibihe bibi rwaciyemo rwamaze kubisiga inyuma, ubu rurangamiye ejo hazaza k...
Guhera kuri iki Cyumweru Taliki 11, Ukuboza, 2022 ku Irebero ahitwa Pegase Resort hazajya habera igitaramo gihoraho. Abakitabiriye bazajya basusurutswa n’icyamamare Xinda. Mu bihe bitandukanye aza...
Umunyarwandakazi usanzwe ukora umuziki witwa Marina ari i Dubai kuhakorera igitaramo biteganyijwe ko kiri bube kuri uyu wa Gatandatu Taliki 10, Ukuboza, 2022. Mbere yari bugikore Taliki 03, Ukuboza, 2...









