Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka. Zimwe muri zo yaziriri...
Izina rye ry’akazi ni Selekta Kuno, ariko asanzwe yitwa Anaclet Rukundo. Ni umusore uvanga umuziki, abazwi ku izina rya DJ (disc jockey). Avuga ko imwe mu mbogamizi ahurira nayo mu kazi ari uko hari u...
Ngabo Medard, Umunyarwanda wamamaye ku zina rya Meddy yasohoye indirimbo nshya yise Grateful. Irimo ubutumwa bwo gushimira Imana ibyiza yamufashije kugeraho no kuba yita ku bayo bose. Ni indirimbo iri...
Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba k...
Mu mateka y’ibitabo bitarimo amakabyankuru (non-fictional books) igitabo Spare cyanditswe n’igikomangoma cy’u Bwongereza Harry nicyo yaguzwe ku bwinshi kurusha ibindi. Haguzwe Kopi 400,000 ku munsi. I...
Muri Leta ya Colorado, USA, hari umwana witwa Jude afite imyaka 11 y’amavuko uzi gucuranga icyuma cya piano ku rwego rwahoranywe ku myaka ye n’umuhanga witwa Mozart ((27, Mutarama, 1756 – 5, Ukuboza, ...
Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka. Ku Cyumweru t...
Jane Uwimana umwe mu bari gukurikiranira hafi ubuzima bw’umuhanzi w’umukambwe Abdul Makanyaga avuga ko uyu mugabo ari gutora akabaraga. Mu masaha make ashize hari urubuga nkoranyambaga rwari rwamubit...
Urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru kitwa Rolling Stone cyo muri Amerika cyerekana ko mu bahanzi ba 200 b’ibihe byose, uwa mbere ari Umwirabura kazi witwa Aretha Flanklin. Umwe muri bo kandi Umunya Niger...
Imyaka 12 irashize umuhanzi w’Umurundi bamwe bafata ko ari uw’ibihe byose muri kiriya gihugu atabarutse.Uwo ni Jean Christophe Matata. Matata yavutse mu mwaka wa 1960 atabaruka taliki 03, Mutarama, 20...









