Umuririmbyi uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi ukomoka muri Amerika witwa Britney Jean Spears yasabye abafana be kumubabarira bakamuha agahenge kubera ko hari n’abarengera bakamwoherereza ubutumw...
Umuhanzi ukomoka muri Jamaica witwa Collin Demar Edwards wamenyekanye nka Demarco yaraye i Kigali mu rwego rwo kuruhuka kugira ngo azahakorere igitaramo kimeze neza. Giteganyijwe taliki 28, Mutarama, ...
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Ubutabera bwa Uganda bwatumije umuhanzi uri mu bamamaye kurusha abandi mu Karere Uganda iherereyemo witwa Jose Chameleone kugira ngo asobanure ku byo aregwa byo guhohotera umumotari. Byabaye ubwo umum...
Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira imyaka 50 Mak...
Umuhanzi wo muri Tanzania, Harmonize yaarye ageze i Kigali. Bivugwa ko aje kwitemberera kuko nta gitaramo yatangaje. Akigera ku kibuga cy’indege cya Kigali yakiriwe na mugenzi we ukunzwe mu Rwanda ku...
Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari. Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi...
Miss Aurore Kayibanda Mutesi yagaragaye yambikwa impeta n’umusore bitegura kurushinga. Hashize imyaka ibiri atandukanye na Mbabazi Egide yari yarihebeye k’uburyo bakoze n’ubukwe. Nta makuru aramenyeka...
Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’ Kudabagira ni inshinga y’Ikinyarwanda ...
Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko imbunda zikoreshwa ...








