Omondi ni umwe mu banyarwenya bakomeye muri Afurika. Yatawe muri yombi na Polisi ya Kenya ubwo yahaga buri wese mu bafana be umufuka w’akawunga ngo bazamuherekeze ajye ku Biro by’Umukuru w’igihugu kwi...
A$AP Rocky niwe mugabo wa Roihanna Umunya Barbados wamamaye cyane kubera umuziki akorera muri Amerika. Ubu Rihanna bakunze guhina bakita Rih ari mu byishimo we n’umugabo we ko yasamye inda. Rih yabwiy...
Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza ubu. Yari akiri muto kuko yar...
Umuhanzi Kenny Sol yaraye ageranye i Bujumbura na Dj Brianne uvanga imiziki. Batumiwe mu bitaramo bibiri bazakorera i Bujumbura n’i Gitega mu mpera z’iki Cyumweru kizarangira taliki 11, Gashyantare, 2...
Abakoze urutonde rw’abaraperi barusha abandi ku isi bashyize Jay-Z(mu bagabo) na Nick Minaj( mu bagore) ku myanya ya mbere. Nibo baraperi b’ibihe byose. Birumvikana ko buri wese afite uwo akunda. Urut...
David Icyishaka uzwi nka Davis D mu mwuga w’ubuhanzi yaraye agongoye umumotari kuri SEGEMU i Gikondo. Ku bw’amahirwe nta muntu yahitanye. Iriya mpanuka ku masaha ya mbere ya Saa Sita, ibera mu Akarer...
Knows abaze kwegukana ibihembo 32 byitwa Grammy Awads. Niwe ufite byinshi kurusha abandi bose babihataniye kuva byatangira gutangwa. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki 06, Gashyantare, 2023 nibw...
Eddy Kenzo afite imyaka 33 y’amavuko akaba umwe mu bahanzi bo muri Uganda bakunzwe kandi kuva mu myaka myinshi ishize. Ubu ari ku rutonde rw’ibyamamare bikomeye ku isi bizahatanira ibihembo biri mu bi...
Umuhanzi ukomeye kurusha abandi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Koffi Olomide yifatiye mu gahanga bagenzi be muri kiriya gihugu bahora bashinja u Rwanda kubiba imitungo. Mu kiganiro yahaye umu...
Umuhanzi Mico The Best aravugwaho kwanga gusinya amasezerano mashya n’inzu ifasha abahanzi yitwa KIKAC Music. We asubiza ko akibitekerezaho. KIKAC Music iri mu zikomeye mu Rwanda muri iki gihe. Yanyu...









