Kuri iki Cyumweru taliki 19, Kanama, 2023 nibwo iserukiramuco rya Giants of Africa ryaraye rirangiye, rirangizwa n’igitaramo cy’imbaturamugabo cyitabiriwe n’abahanzi bakomeye bo muri Nigeria ari bo Ti...
Umuhanzi w’umunya Côte d’Ivoire Alpha Blondy wamamaye ku isi mu njyana ya Reggae yabwiye TV 5 Monde ko ibibazo Afurika ifite ahanini byakuriwe n’Abanyaburayi, by’umwihariko Abafaransa. Blondy abivuze ...
Yvan Burabyo wakundwaga ku izina rya Buravan yatabarutse taliki 16, Kanama, 2022 azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Yari umuhanga mu buhanzi akaba muto myaka ariko akagira igikundiro cyagizwe na...
Mu rwego rwo kurinda abaturage kubuzwa amahwemo n’urusaku kandi bakeneye kuruhuka, Inama y’Abaminisititi yashyizeho amasaha ntarengwa ibikorwa by’imyidagaduro bigomba kuba byafunze. Mu mibyizi ntibigo...
Umuhanzi ukomeye mu Rwanda Bruce Melodie yanditse kuri Twitter ko yikomye ikinyamakuru cyo mu Rwanda gikomeye kubera ko avuga ko cyamubeshyeye. Yanditse kuri Twitter ko ‘bibabaje’ kubona ikinyamakuru...
Uruganda rukora inkweto ziri mu zikunzwe kurusha izindi ku isi rwitwa Adidas rwatangaje ko rwishimiye ko kuva rwongera gusubukura umubano n’umuraperi Kanye West, abaguzi b’inkweto zarwo biyongereye. A...
Jose Chameleone yavuye mu bitaro nyuma y’igihe runaka yari amaze mu bitaro kubera kwibasirwa n’uburwayi bwo mu nda. Yari arwariye mu bitaro byitwa Aline Medical Hospital Minneapolis muri Leta ya Minne...
Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone arembeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera kurwara igifu. Muri iyi minsi yagiye kuvurirwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Mu minsi yatambutse abagan...
Umwe mu banyamakuru Abanyarwanda benshi bakundira kumenya kubara inkuru mu magambo buri muntu yumva witwa Ismael Mwanafunzi yakoranye ubukwe na Claudine Mahoro nawe wigeze gukora uyu mwuga. Bwabereye ...
Itsinda Genesis Iri tsinda ryinjije miliyoni $ 230. Ni amafaranga yabaruwe nyuma y’uko ikigo basinyanye imikoranire ngo kibatunganyirize umuziki kitwa Concord Music Group gikuyemo ayacyo. Abagize iri...









