Mu gihe kidahindagurika, muri Camp Kigali hagiye kujya habera igitaramo gihuza abahanzi nyarwanda bakora ibihangano nyarwanda mu nzego zitandukanye babimurikire ababikunda. Ni mu gitaramo bise Kigali ...
Mizero Ncuti Gatwa yahawe igihembo mu byatanzwe bya ‘GQ Men of the Year 2023’ byatangiwe mu Bwongereza bihabwa ibyamamare mu nzego zitandukanye z’imyidagaduro. Taliki 15, Ugushyingo, 2023 nibwo yagihe...
U Rwanda rukomeje kwakira Abanyamerika b’ ibyamamare bikomeye mu nzego zitandukanye. Abanyamakuru bakomeye, abanyapolitiki, abanyamuzika…bakomeye bari mu bamaze iminsi basura u Rwanda. Nyuma ya Boyz 2...
Kanoheli Christmas Ruth ufite izina ry’akazi ko gutunganya umuziki rya Chrisy Neat yasubiye mu ndirimbo ‘Urungano’ ya Cyprien Rugamba. Yabwiye Taarifa ko yisohoye mu rwego rwo gukumbuza uzayumva wese...
Umusore bita X-Dealer( amazina nyayo ni Eric Ndagijimana) yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gufungwa iminsi 30 y’agateganyo nyuma y’uko rusanze impamvu zatanzwe n’ubushinjacyaha zo kumufung...
Abahanzi bahawe ibihembo bya Trace Awards baraye bahuye na Perezida Paul Kagame abashimira akazi bakoze ariko abasaba kwagura impano. Yabwiye abateguye ibi bihembo ko u Rwanda rwiteguye kubafasha kwag...
Ubuyobozi bwa RDB, Rwanda Convention Bureau n’abandi bari gutegura irushanwa rya Trace Awards barashimwa ko kugeza ubu bari kubitegura neza. Ni ishimwe bahawe n’umuyobozi w’ikigo Trace Awars Africa wi...
N’ubwo yishimiye ko igitaramo cye cyitabiriwe kandi kigashimisha abantu, ku rundi ruhande The Ben yibwe telefoni ubwo yari yagiye guhura n’abafana be muri ‘Meet and Great’ yabaye ku wa Gat...
Ku mpamvu z’umutekano we n’uw’abazitabira igitaramo cye, ubutegetsi bw’Uburundi bwanzuye ko igitaramo cy’Umunyarwanda The Ben kizabera mu kigo cya gisirikare. Kizaba taliki 01, Ukwakira, 2023. Amakuru...
Ubwo ubuyobozi bwa RDB n’’ikigo mpuzamahanga gikora indirimbo zica kuri televiziyo mpuzamahanga ya Trace batangazaga abahanzi batatu batoranyijwe ko bakomeza guhatana na bagenzi babo bo muri Afurika, ...









