Umwe mu bagore bakize kurusha abandi ku isi kandi ukunzwe cyane kubera ibiganiro akora witwa Oprah Winfrey yabwiye abakunzi be ko ateganya kuzasura u Rwanda mu minsi iri imbere. Yabibwiye umunyamakuru...
Taliki 22, Werurwe, 2024 mu Rukari hazamurikirwa inka z’indobanure z’inyambo zizaturuka hirya no hino mu Rwanda harimo no mu Karere ka Gicumbi. Amakuru Taarifa yahawe n’abakora mu nzu ndangamuraho ya ...
Iby’uko uyu muhanzi w’icyamamare mu Burasirazuba bw’Afurika yahagaritse ubukwe yari yaranatangiye gutegurira inkwano byatangajwe na mushiki we witwa Esma Platnumz. Esma yabwiye Wasafi FM ko imiryango ...
North West w’imyaka 10 y’amavuko yatangaje ko ageze kure imyiteguro yo gusohora alubumu ya mbere yise ‘ Elementary School Dropout’. Niwe mwana wa mbere ku isi ku myaka 10 uzaba usohoye alubumu y’indi...
Bruce Melodie arateganya kuzataramira abazitabira ikiganiro Good Morning America kiri mu bikunzwe muri Amerika. Itangazo ry’ikigo 1.55 AM cyita ku nyungu z’uyu muhanzi rivuga ko Bruce Melodie azataram...
Mu rwego rwo kurata ubwiza bw’inyambo, mu minsi mike iri imbere mu Rwanda hazatangizwa iserukiramuco rizazitindaho. Baryise Inyambo Parade Festival. Biri no mu rwego rwo gukomeza kuzimenyekanisha mu B...
Umuhanzi Ruti Joël arateganya gukorera igitaramo mu Mujyi wa Portland muri Amerika. Ni igitaramo azakora taliki 30, Werurwe, 2024 mu nzu mberabyombi yitwa Merrill Auditorium iri muri Leta ya Maine. Ru...
Uyu mugabo wahoze mu itsinda Urban Boys yatangiye gukora umuziki ku giti cye. Avuga ko bitari byoroshye ko akomeza gukorana na mugenzi we Nizzo kubera ko buri wese muri iki gihe afite ibyo ahugiyeho. ...
Abayobozi bakuru b’uruganda rukora inkweto rwa Adidas batangaje bagiye gusohora inkweto zanditsweho amazina ya Bob Marley, umuhanzi w’Umunya Jamaica wakunzwe kurusha abandi bose bahimbye bakanaririmba...
Umunyamerika Rihanna aherutse kuyora akayabo mu gito gito cyane. Ayo ni amafaranga angana na miliyoni € 5 ni ukuvuga miliyoni $6.33 yakoreye mu gihe cy’isaha imwe n’iminota 30. Ni amafaranga abantu b...









