David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido muri Nigeria yishimiye kugirwa umunyamuryango wa Recording Academy, ikigo gitegura irushanwa rya Grammy Awards. Davido avuga ko bizamubera umwanya wo guhindur...
Nyuma y’amezi menshi mu Ntara za Uganda habera amajonjora ya nyampinga w’iki gihugu mu mwaka wa 2025/2026, irushanwa rya nyuma ryarangiye Trivia Elle Muhoza ari we ubitorewe. Kuri uyu mwanya yari ahat...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko Ariel Wayz afunganywe n’undi muhanzi witwa Babo( ni Umunyarwandakazi ufit...
Mu mugoroba wo kwishimira uko kwita ingagi ku nshuro ya 20 byagenze, ab’imena mu batumiwe bazasusurutswa n’itsinda ricuranga Zouk ryitwa Groupe Kassav. Bizabera muri Kigali Convention Center mu masaha...
Uwo ni Jamirah Namubiru ufite inkomoko mu Rwanda akaba mu bakobwa batoranyijwe ngo bahatanire kuba Miss Uganda mu mwaka wa 2026. Namubiru afite imyaka 21 y’amavuko, akaba aherutse kuba Miss Central Ug...
Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Mu kuririmbira abitabiriye iserukiramuco The Giants of Africa bari baje kureba uko rirangizwa, The Ben yacuranze indirimbo Habibi ivuguruye. Yacuranze kandi izindi ndirimbo akoresheje gitari, piyano a...
Emerence Bwiza ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, kikazahurirana n’isabukuru ye y’amavuko. Kizaba Tariki 9, Kanama, 2025 kibere muri Kigali Universe kandi kwi...
Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko Afurika atari umugabane warazwe ubukene, ahubwo ko ari ahantu hashobora gutera imbere nk’uko n’abandi babigezeho. Yabivugiye imbere y’urubyiruko rwa Afurik...
Umuhanzi Lionel Sentore yabwiye itangazamakuru ko yoherereje ubutumire Perezida Paul Kagame ngo azitabire igitaramo ari gutegura yise ‘Uwangabiye’. Avuga ko ageze kure agitegura, kikazabera ageze kur...









