Nyuma y’uko umukinnyi wayo asohowe kubera gukunira bagenzi nabi bagenzi be bo mu yindi kipe bari bahanganye, APR FC yaje gutsinda Police FC kuri Penaliti 4-2 nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 120....
Hagati ya 23, Gashyantare n’itariki 02, Werurwe, 2025 nibwo isiganwa mpuzamahanga ribera mu Rwanda ryitwa Tour du Rwanda rizaba. Ni isiganwa rizagira ibyiciro umunani bita stages. Iriheruka ryabaye ha...
FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Irushanwa rya CHAN rimaze gusubikwa inshuro ebyiri guhera mu mwaka wa 2024 kugeza ejobundi tariki 14, Mutarama, 2025 ubwo CAF yavugaga ko ibyo kurikina muri Gashyantare uyu mwaka byimuriwe muri Kanama...
Ndakaza Gérard yavuye i Kigali ajya gushimira Amagaju FC kuba yaratsinze APR FC. Ni umwe mu bafana ba Rayon Sports babyemera kandi bagaharanira ko n’abandi babimenya. Aherutse kujyana icyapa mu bafan...
Brig. Gen Rusanganwa Déo uyobora APR FC nka Chairman yabwiye abafana b’iyi kipe ko abafuza ko umutoza wayo yirukanwa bakwiye kuba baretse kubitindaho kuko hari abatekinisiye bashinzwe kubisuzuma bakab...
Mu gihe byari bimaze iminsi byumvikana mu makipe akomeye muri shampiyona y’u Rwanda, iby’amarozi mu kibuga byavuzwe no mu mukino ihuza ibigo bya Leta y’u Rwanda. Urugero ni umukino waraye uhuje ikipe ...
Abadipolomate b’u Rwanda n’aba Djibouti baraye bahuye barebera hamwe inkingi ibihugu byombi byakongeremo imbaraga mu kuzamura umubano bisanganywe. Itsinda ry’abayobozi b’u Rwanda ryari riyobowe na Tet...
CAF yongereye amafaranga azahabwa igihugu kizegukana Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024), ku kigero cya 75%, imikino yayo ikazabera muri Uganda, Tanzania na Kenya. Imikino y...
Nibishaka Brigitte na Cyuzuzo Rebecca basanzwe ari abakinnnyi ba Basketball baritegura kujya mu ikipe y’abato ya Tango Bourges Basket ikina mu Cyiciro cya Mbere mu Bufaransa ngo bagerageze amahirwe y...








