Umukino wari buhuze KCCA na AS Kigali ntukibaye kuko hari abakinnyi ba KCCA basanganywe ubwandu bwa COVID-19. Iyi kipe yari iri i Kigali, ikaba yaraje ifite abakinnyi 15, babiri nibo banduye kiriya cy...
Minisitiri wa Siporo n’umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yahaye ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 igikomye cya CECAFA nyuma yo gutsinda bagenzi babo ba Tanzania. Umukino wa nyuma warangiye...
Umwana w’Umunyarwanda witwa Aimable Nshuti yatwaye umudari wa Bronze mu mikino yo kwiyereka(KATA) y’abana bakina Karate batarengeje imyaka 14 y’amavuko. Umudari wa Bronze uhabwa umukinnyi wese wabaye ...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania. ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 16 Ukuboza 2020, i Rubavu hari gukinirwa imikino yo ku munsi wa kabiri w’irushanwa rya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17, bahatanira kuzitabira imikino ya nyuma y&...
Ni amarushanwa azaba hagati y’itariki ya 12 na 18, Ukuboza,2020 agahuza abana bafite munsi y’imyaka 14 y’amavuko bo muri Afurika. U Rwanda rufitemo abana bane, abahungu babiri n’abakobwa babiri. Bato...
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yaraye isohoye itangazo rimenyesha Abanyarwanda bose ko Shampiyona y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ya 2020/2021 igaharitswe. Byatewe n’uko amakipe yayik...
Umukino wahuzaga Orapa FC na AS Kigali urangiye AS Kigali itsinze Orapa FC igitego 1-0. N’ubwo ifite abakinnyi benshi bakomeye, itsinze Orapa FC bigoye kuko yatsinze igitego mu minota y’inyon...
Nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Gor Mahia yo muri Kenya ibitego 3-1 mu buryo butunguranye kandi bwababaje Abanyarwanda benshi, hakomeje kwibazwa impamvu APR FC isanzwe ari inyabigwi mu Rwanda iyo igeze...
Butera Hope usanzwe akinira ikipe y’abagore ya Basket mu Rwanda yitwa The Hoops yemerewe gukina mu kiciro cya mbere cya Basket y’abagore muri USA. Yari asanzwe ari umwe mu bakobwa b’ibyamamare ...









