Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwa AS Muhanga rivuga ko kubera ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi abakozi bayo bazahembwa igice kandi ngo niba ibintu bidasubiye mu buryo mbere ya tariki 02, Gashyantare...
Juvenal Mvukiyehe uyobora Kiyovu Sports yabwiye Taarifa ko abakozi be bashinzwe itumanaho bihuse batangaza ko ikipe ye yakiriye Kevin Ishimwe kandi batabyemeranyijeho. Avuga ko bari bakiri mu biganiro...
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yanganyije na Uganda ubusa ku busa mu mukino wayo wa mbere wo mu Itsinda C rya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2020) riri kubera muri...
Ni amakuru atangajwe mu gihe gito gishize. Avuga ko Sugira Erenst atari bukinire Amavubi mu mukino uri buyahuze n’Imisambi ya Uganda. Umukino uri butangira saa tatu z’ijoro(9h00 PM). Impamvu iri butum...
Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi ari muri Cameroun mu mikino ya CHAN. Kuri uyu wa 18, Mutarama, 2021 ari buhure n’Imisambi ya Uganda. Hari abakinnyi b’ibikonyozi umutoza Vincent Mashami yitwaje, ...
Ubukana bwa COVID-19 muri iki gihe byatumye ibintu byinshi bihagarikwa ibindi birasubikwa. Ubu hasohotse itangazo rivuga ko Tour du Rwanda 2021 yari riteganyijwe muri Gashyantare 2021 yimuriwe tariki ...
Umutoza w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Vincent Mashami avuga ko nyuma yo gusuzuma uko abakinnyi be bifashe muri iki gihe, yasanze hari abatarajya ku murongo(forme) neza k’uburyo yazabajyana mur...
Ibyavuye muri tombola imaze amasaha make ibaye, byerekanye ko AS Kigali izahura n’Ikipe yo muri Tunisia yitwa Club Sportif Sfaxien. Iyi kipe yo muri Tunisia ifite amateka maremare kuko yashinzwe muri ...
Mu nteko y’Ikipe ya APR FC yabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2021 yatoye ubuyobozi bushya bwa APR FC. Major Gen Mubarakh Muganga niwe wagizwe Chairman wayo avuye ku m...
Bwana Sepp Blatter wigeze kuyobora FIFA ari mu bitaro. Byatangajwe n’umukobwa we witwa Corinne Blatter Andenmatten. Yavuze ko Se arwaye ariko ko ubuzima bwe butari mu kaga ko kuba indwara yamuhitana. ...









