Kuri uyu wa 07 Gashyantare 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’ikipe y’Igihugu Amavubi yitabiriye CHAN2020. Ni ikiganiro cyabereye mu Karere ka Bugesera aho iyi kipe icumbit...
Kumugoroba wo kuya 06 gashyantare 2021, kuri Douala Reunification Stadium muri Cameroon hakiniwe umukino wa guhatanira umwanya wa gatatu mu irushanwa rya CHAN 2020. Umwanya watwawe na Guinea kunsinzi ...
Nizeyimana Mirafa wahoze muri Rayon Sports akaba asanzwe akina hagati yaraye asinyE amasezerano y’imyaka ibiri (2) muri Zanaco FC yo muri Zambia. Azajya ahembwa byikube kabiri ayo yari yarijejwe muri ...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Vincent Mashami wahawe kuyobora ikipe y’igihugu Amavubi kuva muri 2018 biteganijwe ko ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 aribwo amasezeranoye mu ikipe y’igihugu azaba ...
Kuri uy wa 03 Gashyantare ku isaha ya saa 18h00 nibwo hakinwaga imikino ya ½ cya CHAN 2020 umukino wabanje wahuzaga yasezereye guinea, iyitsinze kuri penaliti 5-4 , ni nyuma y’uko bari banganyije 0-0,...
Bamwe mu banyamakuru baherekeje ikipe y’Amavubi batangaje byinshi ku rugendo rwayo kuva ahagurutse i Nyamata kugera i Douara, ndetse n’imibereho yaranzwe n’igitutu cy’umwe mu bayobozi bari bayoboye i...
Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi mu kwezi kwa Mbere (Mutarama, 2021), muri Shampiyona y’igihugu y’u Bwongereza (Premier League), ryaraye rifunze. Ryari rimaze ukwezi rikorwa kuko ryatangiye tari...
Kuri Stade ya Limbe muri Cameroon, niho hakiniwe umukino wasozaga indi yose ya ¼ cya CHAN 2020, aho ikipe y’igihugu ya Guinea (Syli National) yabashije kwitwara neza imbere y’Amavubi yR...
Harabura amasaha make ngo Amavubi y’u Rwanda ahure n’Inzovu zo muri Guinéé bakina umukino wa ¼ bahatanira kugera muri ½ cya CHAN. Yongeye agezwaho ubutumwa yagenewe na Perezida Paul Kagame. Ubutumwa ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Mutarama, 2021 hamenyekanye amakipe umunani azahura muri kimwe cya kane (1/4) cy’imikino Nyafurika ihuza abakinnyi bakina muri Shampiyona z’iwa...









