Ni Stade abafana b’ikipe ya Sunrise bise Gorogota, bashaka kuvuga ko bayibambiraho( gutsinda) amakipe bakinnye nayo. Ubu ifite igisenge, mu mwanya y’icyubahiro, kugira ngo abafana b’imena batazajya bi...
Federasiyo y’Umupira w’amaguru muri Uganda, FUFA, yirukanye Bwana Johnathan McKinstry wari usanzwe ari Umutoza w’Ikipe y’Igihugu The Cranes. Yatangiye gutoza ikipe y’igihugu ya Uganda tariki 30, Nzeri...
Amakipe 12 akomeye mu mupira w’amaguru mu Burayi yishyize hamwe atangiza irushanwa ryiswe Super League rizajya rikinwa buri mwaka, ariko ritakiriwe neza n’andi marushanwa asanzwe mu mupira w’amaguru m...
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko hatangiye urugendo rw’iminsi itatu rwo gutoranya abantu bazakorana n’ishuri ry’umupira w’amaguru rya Paris Saint Germain F.C yo mu Bufaransa, rizatangira gukorera mu ...
Isiganwa ry’amagare riri ku rwego mpuzamahanga ryiswe Tour du Rwanda rizaba guhera tariki 2 kugeza tariki 09, Gicurasi, 2021. Ubu ryashyizwe ku rwego rwa 2.1 ni ukuvuga ko ryazamutse ku rwego rw...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Rtd Brig Gen Sekamana Jean Damascène wariyoboraga yandikiye abanyamuryango baryo abamenyesha ubwegure bwe. Yeguye kuri uyu wa Gatatu ta...
Ntabwo ibyiza bya Siporo bigarukira ku guha umubiri w’uyikora uburyo bwo guhumeka neza gusa cyangwa ngo itume amakipe yinjiza akayabo, ahubwo ihuza n’abasanzwe bafite ibyo bapfa. Ni muri uru rwego Pin...
Valens Munyabagisha wayoboraga komite olempiki y’u Rwanda yeguye ku mirimo ye, nyuma y’iminsi mike byemejwe ko komite ye izakomeza kuyobora kugeza nyuma y’imikino olempiki izabera i Tokyo muri Nyakang...
Umukinnyi umaze kumenyekana mu gusiganwa ku magare Areruya Joseph yashyingiranywe na Uwera Josephine bamaze igihe bemeje ko bagiye kubana nk’umugabo n’umugore. Ubukwe bwabo bwabaye kuri iki Cyumweru, ...
Ruth Chepngetich ukomoka muri Kenya yashyizeho agahigo k’isi mu kwiruka igice cya marathon (21.0975 km), akoresheje isaha 1, iminota 4 n’amasegonda 2 mu irushanwa ryabaye kuri iki Cyumweru, i Istanbul...









