Ikigo gicuruza serivisi z’amashusho ya televiziyo, Canal +, cyashyize igorora abifuza kureba imikino ya UEFA Euro 2020 izatangira mu kwezi gutaha, kigabanya kabiri ibiciro bya dekoderi. Ni ukuvuga ko ...
Rayon Sports yasoje imikino ya shampiyona iyoboye itsinda B iherereyemo, nyuma yo kunganya na Gasogi United igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera. Muri uyu mukino watangiye saa cyenda ...
Mu mukino wabereye kuri Stade ya Bugesera kuri uyu wa mbere, APR FC yatsinze ibitego bitatu ku busa Gorilla FC. Iyi kipe yasabwaga nibura inota rimwe ngo ibone itike yo kujya mu makipe umunani azakin...
Perezida Paul Kagame yashimiye Arsène Wenger ku mirimo yakoze atoza Arsenal F.C. yo mu Bwongereza, nubwo yaje kuyivamo ubu akaba ari umuyobozi ushinzwe iterambere ry’umupira w’amaguru mu ishyirahamwe ...
Perezida Paul Kagame yasabye ko abayobora umupira w’amaguru bahindura imyumvire, bagahora bazirikana ko uyu mukino ufite uruhare mu kuzana impinduka abatuye Afurika bakeneye. Kuri uyu wa Gatandatu yit...
Nyuma y’igihe abafana batinjira muri stade ngo barebe imikino imbonankubone kubera icyorezo cya COVID-19, irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, ryatanze aya mahirwe ku mikino izabera muri Kigal...
Umuraperi J. Cole wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byamaze kwemezwa ko azakinira Patriots BBC mu irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, rizahuza amakipe 12 yo mu bihugu bitandukanye bya Afur...
Nyuma y’uko isiganwa ku magare mu irushanwa ryo kuzenguruka u Rwanda rirangiye ryegukanywe n’umunyamahanga, Abanyarwanda baryitabiriye basabye Minisiteri ya Siporo na FERWACY kubategurira imyitozo myi...
Rodriguez Martin Cristian ukinira Total Direct Energie yegukanye Tour du Rwanda 2021, yari irimo kuba ku nshuro ya 13. Ni irushanwa rimaze icyumweru rizenguruka ibice bitandukanye by’u Rwanda. U...
Imyenda umunyabigwi muri Basketball, Michael Jordan, yambaye mu mwaka w’imikino wa 1982-83 akinira Kaminuza ya North Carolina, yagurishijwe miliyoni $1.38 muri cyamunara, ni ukuvuga asaga miliyari 1.3...









