Urutonde rugaragaza uko amakipe arutanwa mu gaciro hashingiwe ku mafaranga yaguzwe abakinnyi afite muri uyu mwaka ruyobowe na Manchester City yo mu Bwongereza, yakoresheje miliyari €1.08 kugira ngo ih...
Umukino wahuzaga amakipe y’umupira w’amaguru ya Brazil na Argentina wahagaritswe huti huti, ubwo inzego z’ubuzima zari zimaze kumenya ko hari abakinnyi babeshye bakinjira mu gihugu mu buryo butemewe. ...
Umukino wa nyuma w’Irushanwa Nyafurika rya Basket ryiswe Afrobasket 2021 waraye ukinwe urangira ikipe y’igihugu ya Basket ya Tunisia itsinze iya Côte d’Ivoire, bityo iba igitwaye inshuro ebyiri yikur...
Ishimwe Patrick wari umukinnyi utanga icyizere mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, yishwe n’impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Gatandatu. Ishimwe yakiniraga iki...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yasubiye muri Manchester United, ikipe yubakiyemo ibigwi bikomeye akaza kuyivamo yerekeza muri Real Madrid mu 2009. Ronaldo asubiye muri Manchester United mu gihe byari bi...
U Rwanda rwatsinze Repubulika ya Demokarasi ya Congo amanota 82-68, mu mukino wa mbere rwakinnye mu irushanwa nyafurika rya “Afrobasket 2021”, ririmo kubera muri Kigali Arena. Wari umukino wa gatatu u...
Umusaruro wa rutahizamu mushya wa Paris Saint Germain (PSG), Lionel Messi, uhanzwe amaso uhereye ku bitego azatsinda, imipira azatanga ivamo ibitego cyangwa mu kumenyekanisha u Rwanda binyuze mu bukan...
Nyuma yo kwakirwa muri Paris Saint Germain, ubu Lionel Messi yatangiye imyitozo hagamijwe kureba niba afite ubuzima bwiza bwamufasha imyitozo muri iriya kipe yinjiyemo bwa mbere. Itsinda ry’abaganga b...
Lionel Messi yatangaje ko atigeze yifuza kuva muri FC Barcelona, kugeza ubwo ku wa Kane yamenyeshejwe ko nyuma y’imyaka 21 ayikinira, atazahabwa amasezerano mashya. Kuri iki Cyumweru nibwo Messi w’imy...
FC Barcelona yatangaje ko Lionel Messi atazasinya amasezerano mashya muri iyi kipe, nyuma y’uko yananiwe kubahiriza ibyo bumvikanye bitewe n’ibibazo by’ubukungu. Messi wegukanye ‘Ballon d’Or’ es...







