Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza mu mwaka wa 2004 mu bihe bitanduka...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Senegal yegukanye igikombe cya Afurika itsinze Misiri, Perezida Macky Sall ahita atangaza umunsi w’ikiruhuko kuri uyu wa Mbere kugira ngo abaturage babyine intsi...
Rutahizamu wa Arsenal witwa Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko avuye muri Arsenal ababaye kuko agiye adasezeye bagenzi be ngo bishimane. Hari amakuru avuga ko uyu mugabo agiye kujya gukinira FC Ba...
Umusifuzi w’Umunyarwandakazi Salima Rhadia Mukansanga, kuri uyu wa Kabiri yakoze amateka aba umugore wa mbere usifuye umukino mu gikombe cya Afurika cy’abagabo, ubwo yayoboraga uwahuje Zimbabwe na Gui...
Nimero ya mbere ku isi mu mukino wa Tennis Novak Djokovic yirukanywe muri Australia, nyuma y’uko urukiko rwari rumaze gutesha agaciro ubusabe bwe bwo gusuzuma icyemezo cya Minisitiri wategetse k...
Ubuyobozi bwa Australia ku nshuro ya kabiri bwatesheje agaciro viza yahawe nimero ya mbere ku Isi mu mukino wa Tennis, Novak Djokovic, ku buryo ashobora kwirukanwa ku butaka bw’icyo gihugu mu gi...
Muri Portugal hari ikipe yitwa FC Sétubal iri kunuganuga umuzamu wa Rayon Sports witwa Abouba Bashunga ngo ajye kuyikinira. Hari amakuru avuga ko iriya kipe yamutumiye ngo imukoreshe igerageza. Igerag...
Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu (AFCON 2022) kigiye gutangira kuri iki Cyumweru muri Cameroon, nyuma yo gusubikwa inshuro nyinshi kubera icyorezo cya COVID-19. Ni igikombe giheruka mu mwaka wa 2019 ub...
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA, ryifurije iruhuko ridashira Richard Karimba wari umutoza mukuru wa Patriots Basketball Club uherutse kwitaba Imana. Ubutumwa bwa FERWABA burag...
Perezida w’inzibacyuho wa Guinea Colonel Mamadi Doumbouya yihanije ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Syli national, ko nidatwara igikombe cya Afurika cy’ibihugu kizabera muri Cameroon igomba gusubi...









