Amakuru Taarifa ifite ivuga ko ibyamamare byo muri Paris Saint Germain birimo na myugariro uri mu bakomeye kurusha abandi ku isi, byasuye Pariki y’Akagera. Umwe mu baherekeje bariya bakinnyi yabwiye T...
Mu gitondo cyo ku Cyumweru taliki 01, Gicurasi, 2022, Abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bazindukiye muri Siporo rusange yiswe Kigali Car Free Day. Barimo na Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeanet...
Amashusho yatangajwe n’umunyamakuru wa RBA witwa Rigoga Ruth yashyize kuri Twitter arerekana abakinnyi batatu ba Paris Saint Germain bageze ku kibuga cy’indege cya Kigali kiri mu Murenge wa Kanombe mu...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Mata, 2022 abakinnyi b’ikipe ikomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain barimo Sergio Ramos, Keylor Navas na Julian Draxler bazaza gusura u Rwanda muri gahunda yi...
Murenzi Abdallah wari umaze imyaka ibiri ayobora impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare mu Rwanda yabwiye Taarifa ko yishimira ibyo yarigejejeho kandi ko aramutse agiriwe icyizere agasabwa n’abanyamu...
Romami André Fils wigeze kuba umukinnyi ukomeye wa APR FC na ATRACO FC ndetse akagakina no mu kipe y’igihugu, Amavubi, yatawe muri yombi taliki 24, Werurwe, 2022 akurikiranyweho kunywa urumogi. Nyuma ...
Taliki 28, Mata, 2022 muri Kigali Arena hazatangira imikino ya nyuma y’irushanwa ry’imikino ya Basketball. Abategura iyi mikino baraye bakoze inama hifashishijwe ikoranabuhanga basanga imyiteguro imez...
Kuri iki Cyumweru Umutoza ukomoka mu Buholandi witwa Louis Van Gaal yatangarije kuri televiziyo ko ibizamini by’abaganga byerekenye ko arwaye cancer y’ubugabo, ni iyo bita prostate cancer. Yabitangari...
Mu ntangiriro za Mata, 2022 ni ukuvuga guhera taliki 04, kugeza taliki 10, muri Tanzania hazabera irushanwa ry’umukino wa Golf wateguwe n’Ikigo International Sports Management ndetse n’Ihuriro ry’aba...
Itangazo rya Federasiyo mpuzamahanga ya Volleyball, ku rwego rw’isi yatangaje ko Federasiyo y’uyu mukini mu Rwanda iciwe amande ya Frw 120,000 y’Amafaranga y’u Busuwisi kubera ko mu mikino y’igikombe ...









