Amasezerano hagati ya Banki ya Kigali n’ikigo cyari gisanzwe gicunga Kigali Arena avuga ko iki kigo kizitwa BK ARENA mu gihe cy’imyaka itandatu iri imbere. Ikigo QA Venue nicyo cyari gisanzwe gicunga ...
Abdallah Murenzi niwe wenyine wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare. Yari aherutse kubwira Taarifa ko nabisabwa n’abandi banyamuryango bakamugirira icyizere ko yakongera kubayobora ...
Ku wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, 2022 Kapiteni w’Ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya Shampiyona Nyafurika ya Basketball Elie Kaje yasezeranyije Abanyarwanda ko mu mikino ya nyuma y’iri r...
Mu kiganiro Minisiteri ya Siporo n’abategura irushanwa rya BAL bahaye itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu taliki 20, Gicurasi, Kapiteni w’ikipe ya REG Basketball club ihagarariye u Rwanda muri iriya mik...
Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kane taliki 19, Gicurasi, 2022 nibwo abakinnyi ba Zamalek BBC bageze ku kibuga cy’indege cya Kigali baje gukina imikino ya nyuma y’irushanwa nyafurika rya Basket, BAL, ...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, mu mwaka wa 2018. Muri Werurwe, 2022 n...
Mu rwego rwo kwitegura imikino ya nyuma ya Shampiyona nyafurika ya Basketball izabera mu Rwanda mu minsi mike iri imbere, ikipe izahagararira u Rwanda yitwa REG BBC yaraye itsinze iya Kuwait mu mukino...
Lieutenant General Mubarakh Muganga usanzwe ari umuyobozi wa APR FC yabwiye abakinnyi b’iriya kipe ko bagomba gutwara ibikombe byose biri guhatanirwa mu Rwanda muri iki gihe. Ku rubuga rwa APR FC hand...
Umwe mu bana bo muri Paris Saint Germain academy ni ukuvuga abana batozwa n’abantu bo muri iriya kipe yabajije Sergio Ramos umukinnyi yakundaga akiri muto, undi asubiza yakunze Ronaldo. Ni mu kiganiro...
Muri Kigali Convention Center hagiye kubera ikiganiro kiri buhuze abakinnyi ba Paris Saint Germain bamaze iminsi micye mu Rwanda. Muri imwe mu nzu nini iki kiganiro kiri buberemo hari n’abandi bafana ...









