Hafi y’ikiyaga cya Muhazi ahubatswe ikigo Falcon Golf& Country Club habereye ibirori birimo no gukina umukino wa Golf byahuje abaturutse imihanda yose. Ni ibirori bibaye ku nshuro ya gatatu. Kuri ...
Rwagati muri Nyakanga, 2022, i Rwamagana ku kiyaga cya Muhazi hazabera ibirori birimo n’umukino wa Golf biswe Rwanda Summer Golf bikazahuza abakina golf baturutse hirya no hino mu Rwanda. Kubera...
Brittney Griner ni icyamamare muri Basket muri Amerika n’ahandi ku isi.. Ubutegetsi bw’i Moscow bwamutaye muri yombi mu mezi ashize bibanza kugirwa ibanga ariko ubu byaramenyekanye ko yafashwe akuriki...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’amagare yahamagaye abakinnyi umunani ngo bajyane mu mwiherero, bitegura imikino y’irushanwa ry’umukino w’amagare rizitabirwa n’ibihugu bigize Umuryango wa Commonwealth. Umu...
Ambasade ya Israel mu Rwanda igiye gufatanya narwo kubaka ikigo cy’indashyikirwa mu kwigisha abasore n’inkumi umukino wo gutwara amagare kinyamwuga. Ubutumwa Ambasaderi Ron Adam yacishije kuri Twitter...
Sosiyete icuruza amashusho, CANAL+ Rwanda na Rayon Sports FC bongereye amasezerano y’imikoranire n’ubufatanye mu bikorwa byo guteza imbere ibikorwa bya buri ruhande. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Ka...
Ikip AS Kigali yegukanye igikombe cy’Amahoro cya 2022, itsinze APR FC igitego kimwe ku busa(1-0). Ibi byabaye gutenguha Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyiyobora kuko hari hashize amezi abiri ‘...
Bamwe mu bari kubaka Stade Amahoro bavuga ko niyuzura izaba ifite uburambe bw’imyaka 50, hakubakwa indi yo ku rwego rw’igihugu. Iri kuvururwa mu gihe yari isigaje imyaka itageze kuri 15 ngo irangize i...
Umwe muri ba rutahizamu bakomeye ku isi witwa Sadio Mané yarangije kujya muri Bayern Munich nyuma y’igihe kinini yari amaze muri Liverpool. Yameye kujyayo nyuma yo kwemeranya ko agurwa kuri Miliyoni £...
Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authority (RHA) gitangaza...









