Rayon Sports kuri wa Kane taliki 11 Kanama 2022 yamuritse ikarita y’umwaka wose ndetse n’amakarita azahabwa abanyamuryango bayo. Harimo iyiswe ‘Gold’, ifite agaciro ka Miliyoni Frw 1. Ni ikarita iz...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwandikiye ubwa APR FC bubusaba ko bwaba bubatije abakinnyi babiri b’iyi Kipe bakomoka muri kariya Karere ngo babufashe mu bukangurambaga bugiye gutangiza. Akarere ka G...
Abdul Rwatubyaye yatangaje ko yagarutse mu Rayon Sports aho yise mu rugo. Avuga ko ikimuzanye ari uguhatanira ibikombe. Kuri YouTube ya Rayon Sports yagize ati: “Ngarutse aho nita ko ari mu rugo kandi...
Amakuru atangazwa na Dailymail avuga kuri Tennis yemeza ko icyamamare ku isi muri Tennis ikinwa n’abagore witwa Serena Williams yasezeye muri uyu mukino akaba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Serena Wi...
Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyobora Ikipe APR FC avuga ko abumva ko hari abanyamahanga bazakinira iyi kipe akiyiyobora ko basubiza amerwe mu isaho.Yababwiye ko iyi kipe izongera gukinisha abanyama...
Abdul Rwatubyaye usanzwe ikipe yo mu gihugu cya Macédoine avuga ko ashobora kugaruka gukinira imwe mu makipe akomeye yo mu Rwanda ariko ko atari iyo ari yo yose. Ni umwe muri ba myugariro beza b’Abany...
Guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 05, Kanama, 2022 Shampiyona ziri mu zikomeye kurusha izindi ku isi ziratangira. Ikigo Canal + gisanzwe gitanga serivisi z’itumanaho cyashyiriyeho abakiliya bacyo ubury...
Umwe mu myanzuro y’Inteko rusange ya FERWAFA yaraye iteranye ni uw’uko mu mwaka utaha w’imikino bita season hazatangira ikiciro cya gatatu mu marushanwa y’umupira w’amaguru. Abayobozi ba FERWAFA bavug...
Ubuyobozi bwa Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare, FERWACY, bwasabye abakora umukino w’amagare kwirinda gutegura amarushanwa batabanje kubumenyesha. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah Murenzi yab...
Abakunda kwidagadura banakina umukino wa Golf baraye bahuriye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana baridagadura. Baboneyeho no kwamamaza bimwe mu byo bakora ndetse abitwaje agafaranga barahaha...









