Nyuma y'uko APR FC itsinzwe na US Monastir, umutoza mukuru Adil Erradi Muhammed yavuze ko burya 'uburiye mukwe ntako aba atagize.' Ngo icyo abakinnyi be batakoze ni icyo batari bashoboy...
Itangazo ryaraye risohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagaritse mu mirimo ye uwari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya Siporo Bwana Shema Maboko...
Bisa n’aho ari wo mwambaro uhenze kurusha indi yose yagurishijwe muri cyamunara mu mateka kuko uyu mwenda wa siporo wa Michael Jordan waguzwe Miliyoni $10.1 ni ukuvuga Miliyari Frw 10.1 Ni muri cyamun...
Umuyobozi mukuru w’icyubahiro wa APR F.C Gen James Kabarebe ari kumwe na Chairman wayo Lt Gen MK MUBARAKH basuye iyi Kipe baje kuyishimira uko yitwaye ubwo yakinaga US Monastir mu mukino wabaye mu mp...
Inzego ziyobora umupira w’amaguru mu Bwongereza zatangaje ko amarushanwa ya Premier League na English Football League abaye ahagaze kubera ko igihugu cyose n’isi muri rusange bari mu cyunamo cy’urupfu...
Hashize iminsi micye mu itangazamakuru havugwa ko Umunyarwanda wamamaye mu gutwara igare witwa Samuel Mugisha ‘yaburiwe irengero.’ Asanzwe akinira ikipe yo muri Afurika y’Epfo yitwa ProTouch Cycling T...
Nyuma y’umukino waraye uhuje Ikipe y’u Rwanda ya Handball n’ikipe ya Misiri y’uyu mukino ukarangira u Rwanda rutsinzwe, umutoza w’Ikipe y’u Rwanda yavuze ko ahanini byatewe n’uko bamaze igihe kinini ...
Mu mukino wa nyuma wa Handball waraye uhuje Ikipe y’u Rwanda n’iya Misiri, warangiye Misiri irutsinze ku manota 51 kuri 29. Perezida Kagame yari ahari ngo ashyigikire ikipe y’igihugu cye ariko yanze i...
Carlos Alos Ferrar akaba umutoza mukuru w’Amavubi yabwiye itangazamakuru ko yababajwe no kuba Ikipe ye ivuyemo hakiri kare. Ni nyuma y’uko Amavubi atsinzwe na Ethiopia mu mukino wari buyajyane mu miki...
Mbere y’uko umukino wahuje ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, n’iy’igihugu ya Ethiopia utangira, buri mukinnyi mu bakinira Amavubi yari yemerewe guhabwa Miliyoni Frw 3 ikipe yabo nitsinda i...









