Kuva kuri uyu wa Mbere Taliki 11, Ukwakira, 2022 mu Karere ka Musanze muri Africa Rising Cycling Center hatangiye umwiherero wo gutegura Tour du Rwanda 2023. Bari kwitegura kandi andi marushanwa mpuza...
Shampiyona zo k’umugabane w’i Burayi zigeze aharyoshye. By’umwihariko, taliki 16 Ukwakira ukazaba ari umunsi udasanzwe kuko hateganyijwe imikino ine(4) ikomeye izatambuka imbonankubone ku mashene ya ...
Abanyabigwi babiri mu mupira w’amaguru barimo rutahizamu w’Abanyarwanda, Gatete Jimmybaraye i Kigali. Ibyo byamamare by’’ibihe byose birimo na Patrick Mboma abanya Cameroun bazahora bibuka. Baje mu Rw...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC Lt Gen Mubarakh Musabye yasabye imbabazi abafana na APR FC kubera ko imaze iminsi ibaraza nabi kuko yatsinzwe cyangwa yangan...
Perezida wa FERWACY Murenzi Abdallah avuga ko kuba Abanyarwanda baherutse kwitabira irushanwa ryabereye muri Australia baratsinzwe, byatewe n’uko bari bananiwe. Ngo bahageze hasigaye umunsi umwe( amas...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino wo gutwara amagare yabwiye Taarifa ko muri Tour du Rwanda 2023 hazongera hasubireho gahunda yo kuraza abakinnyi mu Ntara runaka bitewe n’aho ...
Muri Indonesia bari mu marira menshi nyuma y’urupfu rw’abantu 174 bazize imidugararo yakurikiye umukino wabereye ku kibuga cy’umupira w’amaguru kiri mu Kirwa cya Java. Abafana b’ikipe yitwa Arema FC ...
Umuyobozi w’Ishyirahamwe Nyarwanda rw’abakina umukino wo koga, Rwanda Swimming Association, Madamu Girimbabazi Pamela Rugabira yabwiye Taarifa ko Federasiyo mpuzamahanga y’umukino wo koga yabemereye k...
Gutangiza Icyiciro cya kabiri cya Shampiyona y’u Rwanda byari biteganyijwe kuzakorwa Taliki 15, Ukwakira, 2022 byigijwe inyuma bishyirwa Taliki 29, Ukwakira, 2022. Byakozwe mu rwego rwo guha amahirwe ...
Umuteramakofe wacyuye igihe witwa Mike Tyson wigeze kuba uwa mbere ku isi mu gihe kirekire, asigaye agendera mu igare rifasha abafite ubumuga kandi ntagishobora kuvuga neza. Yarwaye indwara idakunze ...









