Ubuyobozi bwa Canal+ Rwanda bwemeje ko imikino yose y’igikombe cy’isi izerekanwa k’ubufatanye na RBA binyuze kuri Televiziyo y’u Rwanda ndetse na DSTV binyuze muri English pack. Guhera Taliki 20, Ug...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurushaho kuryoherwa na serivisi zayo, sosiyete icuruza amashusho ya CANAL+ Rwanda yagabanyije ibiciro ku bikoresho byayo muri Poromosiyo yo gusoza umwaka yiswe ‘Noh...
Ubuyobozi bwa Televiziyo y’u Rwanda na Canal +Rwanda batangije ubufatanye bugamije gufasha abakunda umupira w’amaguru kuzareba imikino y’igikombe cy’isi mu mashusho ya High Definition( HD). Ni agashya...
Umwe mu bakinnyi beza ba Basket muri Amerika witwa Kyrie Irving yahagaritswe mu ikipe yakiniraga yitwa Brooklyn Nets nyuma yo gushyira amagambo ku rukuta rwa Amazon aho yashimagizaga ibyavuze kuri fil...
Umunyamerikakazi wari uherutse gutangaza ko igihe kigeze ngo areke umukino wa Tennis wamugize icyamamare kurusha abandi bagore ku isi, yatangaje ko ‘ashobora’ kugaruka muri uyu mukino kuko ngo asanga ...
Ku nshuro ya mbere rutahizamu w’u Bufaransa akagira n’inkomoko muri Algeria Karim Benzema, yatwaye igihembo cy’umukinnyi wahize abandi mu mwaka wa 2021. Ni igihembo bita Ballon D’or gihabwa umukinny...
Kuri iki Cyumweru Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryashyikirije impano umunyabigwi Jimmy Gatete uri mu Rwanda mu rwego rwo gutegura igikombe cy’isi cy’abagabo bagacishijemo mu m...
AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup yasezerewe muri iri rushanwa , nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Ukwakira, 2022 ...
Ubuyobozi bwa APR FC buherutse gukoresha inama abakinnyi n’abandi bakozi bakuru muri iyi kipe bubabwira impamvu zatumye umutoza Adil hamwe na Kapiteni Djabel Manishimye bahagarikwa. Lt Gen Mubalakh ...
Mu Karere ka Musanze kuri uyu wa Kane Taliki 13, Ukwakira, 2022 habereye isiganwa ryiswe Visit Musanze rigamije gushishikariza abantu gusura Akarere ka Musanze. Ryiteguwe n’abasanzwe muri za Koperati...









