Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwahagaritse uwari umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Alain-André Landeut. Gasogi United iherutse gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-1 mu ...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah...
Ni intsinzi ikomeye kuri Arabie Saoudite. Umwami w’iki gihugu yahaye abaturage be bose ikiruhuko, Kaminuza n’ibigo bya Leta bose bararuhuka kugira ngo bishimire intsinzi y’akataraboneka mu mateka y’ik...
Mukansanga Salma Rhadia niwe mugore wo muri Afurika wa mbere wageze ku ntego yo gusifura umukino mu gikombe cy’isi cy'abagabo. Yabigezeho ubwo yasifuraga umukino waraye uhuje u Bufaransa na Austr...
Umukino wahuje Argentine ya Lionel Messi na Arabie Saoudite urangiye Messi na bagenzi be batsinzwe ibitego 2-1. Bitumye mu itsinda irimo ihita iba iya mbere mu itsinda rya C Arabie Saoudite ihereyemo ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza n’ubw’Impuzamashyirahamwe y’abakina umukino wo gutwara amagare, FERWACY, buherutse gushyira umukono ku masezerano agenga uko irushanwa ry’abakina uyu mukino rizabera i...
Airtel Rwanda yahaye abakiliya bayo uburyo bazareba imikino 64 y’igikombe cy’isi izatangira ku Cyumweru Taliki 20, Ugushyingo, 2022. Ubuyobozi bw’iki kigo mu Rwanda bwavuze ko kugira ngo abakiliya ba...
Cristiano Ronaldo umwe mu bakinnyi bakomeye isi yagize kandi igifite kugeza ubu, avuga ko agifite imbaraga zo gukina umupira w’amaguru kuzageza ubwo azaba agejeje mu myaka 40. Yavutse Taliki 05, Gashy...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, riri mu ihurizo ry’uburyo rizabuza abazitabira imikino yose y’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kunywa inzoga! Hejuru y’ibi kandi hariyongeraho amase...
Guhera taliki 17-29 Ugushyingo, 2022 u Rwanda ruzakira imikino mpuzamahanga yo gushaka itike yo kuzajya mu gikombe cy’Isi umwaka utaha ICC World Cup T20 Men’s Africa qualifiers. Rizitabirwa n’ibihugu ...









