CAF yazamuye inkunga y’amafaranga yageneraga amakipe yitabira amarushanwa ya yo avanwa ku $50,000 agera ku $100,000 Biri mu rwego rwo gufasha amakipe kurushaho guhatana nk’uko byemezwa n’a...
Mu Cyumweru gitaha, abana 12 batoranyijwe mu bandi nyuma yo kubahiga mu gukina umupira w’amaguru, bazajya mu Bwongereza gutozwa n’abatoza bo muri iyi kipe iri mu yandi make akomeye muri iki gihugu. Iy...
Umukuru w’igihugu avuga ko bidakwiye kuba mu Rwanda hari abantu bakora siporo bakayizanamo bitugukwaha, amarozi n’ibindi, bikica ireme ryayo. Ni imwe mu ngingo yagarutseho mu kiganiro yahaye abanyamak...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe asanga uturere tw’u Rwanda dukwiye kwita kuri siporo ariko tukareba uko tuyihuza n’ubukungu kugira ngo byose bijyanirane. Yabivugiye mu ...
Obadiah Noel umukinnyi wakiniye APR Basketball Club mu mikino ya Basketball Africa League [BAL], yatangaje ko yishimiye kuba Umunyarwanda nyuma yo guhabwa indangamuntu nyarwanda. Uyu musore w’im...
Shampiyona ya Basketball mu Rwanda iri hafi kubona uyegukana hagati ya REG BBC na APR BBC nyuma y’uko iyi itsinze Patriots BBC mu mukino waraye ubahuje. Yayitsinze ku manota 81-67 mu mukino wari uwa ...
Guverinoma ibicishije muri Minisiteri ya Siporo irateganya ko mu cyiciro cya kabiri cya gahunda yiswe Isonga hazubakwa ibibuga 63 byo gukoreramo siporo z’ubwoko bwinshi. Minisiri wa Siporo, Nelly Muka...
Amakipe yo muri Uganda na Kenya azitabira irushanwa ryo kwibuka abahoze ari abakinnyi ba Volleyball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yamenyekanye. Ni KCB-Nkumba, Ndejje Elite, Vision VC, Chazpir na S...
Iyo kipe yo muri Libya yegukanye Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL2025) itsinze Petro de Luanda yo muri Angola amanota 88-67. Hari mu mukino wa nyuma wabaye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, t...
Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania. Ni irushanwa ryitwa ‘CECAFA ...









