Héritier Luvumbu Nzinga ni umukinnyi mushya Rayon Sports yazanye. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali yavuze ko aje yiyemeje gufatanya na bagenzi be kugira ngo bazanzamure iyi kipe iri mu zi...
Sosiyete icuruza amashusho yitwa Canal + yatanze impano mu rwego rwo korohereza Abanyarwanda kuryoherwa n’igaruka rya Shampiyona zo ku mugabane w’u Burayi zitambuka imbonankubone ku mashene ya CANAL+ ...
Victor Wembanyama ni Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ari kurambagizwa n’amakipe akomeye muri Basketball y’Amerika, NBA. Wembanyama afite metero 2,20 z’uburebure. Hari...
Itangazo iyi kipe yasohoye rivuga ko mu minsi mike ishize, hari abakinnyi bayo b’abagore basuye u Rwanda. Abo ni Jen Beattie, Caitlin Foord, Katie McCabe na Jordan Nobbs. Ni ryo tsinda rya mbere ry’a...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC b bwemeje ko iyi kipe igiye kongera gukinisha abanyamahanga. Lt Gen Mubarakh Muganga uyiyobora yavuze ko mu gihe iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda yabona itike yo kuzahagararir...
Abafana ba Rayon Sports bamwe bahimbye Gikundiro ntibishimye. Bavuga ko iby’ikipe yabo, bamwe bakunze bakiri bato ubu bakaba barabyaye, bimaze kuyoberana. Kugeza ubu bisa nk’aho nta kipe yo ikomeye mu...
Ubuyobozi bwa Canal + Rwanda butangaza ko mu Ukuboza, 2022 ndetse no mu mwaka wa 2023, abakiliya bayo bazakomeza kubona ibyiza birimo na Filimi zikinwa mu Kinyarwanda binyuze kuri Zacu TV. Iyi Zacu TV...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije imikino itatu yihariye itari isanzwe ikinwa mu Rwanda mu gihe cya Car Free Day. Iyo mikino ni Mini golf, E-road biking, Basketballl 3×3 n’uwo bita Road...
Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi. Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe ya Leta zunze ub...
Abakurikirana imikino mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar bavuga ko hari icyizere ko umukino uri buhuze Amerika na Iran uraba uwo gusabana hagati y’abaturage b’ibi bihugu bisanzwe bitajya imbizi...









