Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe gutegura amarushanwa yatangaje ko italiki yo gutangiriraho imikino y’amajonjora mu gikombe cy’amahoro yimuwe. Yashyizwe taliki 14, Gashyantare, aho kuba taliki 07, Gashyan...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amak...
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Kiyovu SC ihanishwa kuzakina umukino utaha idafite abafana nk’igihano cyo kuba mu mukino wayihuje na Gasogi Utd bamwe mu bafana bayo ...
Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01, Gashyantare. Ku ruhande rw’abagabo, Tuyi...
Umunsi wa 17 wa Shampiyona, ikipe ya Rwamagana City FC yakiriye ku kibuga cy’Akarere ka Ngoma, ihatsindira ikipe y’Umujyi wa Kigali AS Kigali igitego 1-0. Yahise iyivana ku mwanya mbere ku rutonde rwa...
Umunyarwanda akaba n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Uwikunda Samuel yahawe gusifura umukino wa ¼ wa CHAN 2022 uri buhuze Ghana na Niger ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Mutarama 2023. ...
Adonis Filer wafashije ikipe ya REG BBC kwegukana shampiyona y’umwaka ushize(2022), nyuma akajya gukinira Urunani BBC y’i Burundi agiye kuyigarukamo. Ubwo REG BBC yakinaga muri Shampiyona ya 2022, ur...
Yitwa Etienne Ndayiragije akaba yari asanzwe ari umutoza wa Bugesera FC. Yasinyiye gutoza Ikipe y’igihugu y’u Burundi Amasezerano Etienne Ndayiragije yari afitanye na Bugesera FC yarangiye Taliki 10, ...
Nyuma y’amagambo akomeretsa yakorewe umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi witwa Rhadia Salma Mukansanga mu mpera z’icyumweru cyarangiye Taliki 22, Mutarama, 2023, FERWAFA yatangije iperereza kuri...









