Yabanje kwitwa Stade Régional de Kigali, nyuma yitwa Kigali Stadium none ubu yiswe Péle Kigali Stadium. Bikozwe nyuma y’ubusabe bw’Ishyirahamwe Mpuzamahanga y’Umupira w’Amaguru (FIFA) bwatanzwe na Per...
Hari amakuru avuga imwe mu makipe akomeye mu Bufaransa yitwa Paris Saint Germain ishaka kugura Stade nkuru y’u Bufaransa yitwa Stade de France. Iyi stade iri ku isoko ku giciro kitajya munsi ya Miliy...
Abakinnyi b’ikipe ya REG BBC bagiye muri Senegal mu irushanwa nyafurika cya Basketball, BAL. REG BBC niyo izahagararira u Rwanda muri iriya mikino. Aberekeje i Dakar barimo Nshobozwabyosenumukiza Jean...
Nyuma y’uko umukino wahuje La Jeunesse na AS Muhanga urangiriye mu mvururu, Polisi yafunze abakinnyi babiri ba La Jeunesse kubera guhohotera uwasifuye uriya mukino witwa Toni Karemera. La Jeunesse yat...
Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose hamwe zifite agaciro ka €200,000. Buri ...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurushaho kuryoherwa na serivisi zayo, sosiyete icuruza amashusho ya Canal+ yagabanyije ibiciro ku bikoresho byayo muri poromosiyo yiswe ‘Promo Itwika’. Ku ba...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe. Mur...
Tour du Rwanda ya 2023 yatwawe n’umunya Eritrea witwa Enock. Yabikoze nyuma yo gutwara agace ka nyuma ka munani katangiriye kakanarangirira kuri Canal Olympia. Ni umusore ukiri muto uvuga Asmara muri ...
Uwo ni Germaine Vashon Roebuck Jr. Uyu munyamerika ukina yataka yaraye agaragaye mu mukino wahuje Patriots BBC na REG warangige iyi kipe itsinze Patriots amanita 83-69. Wabereye mu kibuga cya Basketb...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu Umuyobozi wa APR F.C Lt Gen Mugamga Mubarakh yaraye akurikiranye imyitozo y’iyi kipe. Yabwiye abakinnyi ko bagomba kwitegura umukino uri bubahuze na Musanze FC...









