Umugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu taliki 20, Gicurasi, 2023 wari ushyuhijwe na byinshi birimo umukino ikipe ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL ari yo REG BBC yahuriyemo n’iyo mu Misiri yitwa Al Ah...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yahanishije u Rwanda mpaga nyuma yo gusanga rwarakinishije Muhire Kevin kandi yari ufite amakarita abiri y’umuhondo ku mukino waruhuje na Bén...
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko guhera taliki 21, Gicurasi, 2023 mu Rwanda hazatangizwa amarushanwa y’abana bakina umukino w’amagare. Itangazo rya FERWACY rivu...
K’ubufatanye bwa Imbuto Foundation, FERWABA, Basketabll Africa League, na Minisiteri ya Siporo mu Murenge wa Kimironko hubatswe ikibuga cya Basketball kizatahwa taliki 20, Gicurasi, 2023. Gifite ibyan...
U Rwanda rwasinyanye na Paris Saint Germain andi masezerano y’imikoranire yo kwamamaza ibyiza byarwo mu mahanga binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda. Ni gahunda izarangira mu mwaka wa 2025. Ni ubufata...
Hasigaye iminsi mike ngo mu Rwanda habere isiganwa ryiswe Kigali International Peace Marathon. Ni isiganwa rihuruza abantu baturutse imihanda yose basanzwe bamenyereye gusiganwa ku maguru. Kuri iyi ns...
Mugabo Olivier Nizeyimana wari umaze igihe gito atorewe kuyobora FERWAFA yeguye kuri uyu mwanya. Bivugwa ko yeguye ku mpamvu ze bwite. Mu ibaruwa Mugabo Olivier Nizeyimana yasohoye yanditse ko yeguye...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yabwiye abakinnyi ko mu gihe batisubiye ho hari impinduka zazakorwa kandi zikazagira abo zikoraho. Abo bashobora kuzirukanwa mu mpera z’uyu mwaka w...
Nyuma yo gufungura Gymnasium izafasha abanyeshuri bakunda Basketball kubona aho bakiyikinira, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’uyu mukino, FERWABA, ryatangaje ko haraye harangiye ingando z’abakiri bato baki...
Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura. Iri ...









