Hasigaye amasaha make ngo hakinwe umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 03, Kamena, 2023, Taarifa yabajije Abdallah Murenzi wigeze kuyobora Rayon Sports igihe kirek...
Guhera taliki 05, Kamena, 2023 mu Rwanda hazatangira irushanwa mpuzamahanga ry’umukino wa Tennis ryitwa Billie Jean King Cup. Abanyarwandakazi bazaryitabira bavuga ko batazahira aho, ahubwo bazatahana...
Ikigo cy’ubucuruzi bw’amazi asukuye JIBU, ishami ry’u Rwanda, cyishimiye uko imikoranire yacyo na Marine FC yagenze muri shampiyona ishize. Si Marine FC , iki kigo cyakoranye nayo mu mwaka ushize kuk...
Minisiteri y’uburezi k’ubufatanye na NBA Academy Africa bari mu biganiro byo gushyira mu bikorwa gahunda y’amasomo ya Basketball n’imyigire yawo mu mashuri y’u Rwanda. Nk’uko byatangajwe na Victor W...
APR FC yaraye yegukanye igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino wa 2022/2023 nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2-1. Mu minsi mike ishize, Kiyovu Sports niyo yari ihanganye na APR FC ngo itware i...
Ikipe yo mu Misiri yitwa Al Ahly yaraye itsinze AS Douanes yo muri Senegal mu mikino nyafurika ya Basketball yaberaga mu Rwanda itwara igikombe. Iyo mikino bayita Basketball Africa League. Umukino war...
Ikipe ihagarariye Misiri mu mikino nyafurika ya Basketball iri kubera mu Rwanda yitwa Al Ahly yaraye itsindiye kuzakina umukino wa nyuma izahuriramo na As Douanes yo muri Senegal. 🚨🚨| الأهلي يتأهل إلى...
Mu gihe hasigaye iminsi itageze kuri ine ngo hakinwe imikino yo ku munsi wa 30 wa Shampiyona, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, FERWAFA, ryakoze impinduka y’uko iyi mikino izakinwa. Ni imi...
Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka. Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alia...
Umwe mu Banyarwanda bakinnye neza umupira w’amaguru bakandika izina witwa Jimmy Mulisa aravugwaho kuzagirwa, mu gihe gito kiri imbere, umutoza wungirije w’Ikipe y’igihugu: Amavubi. Bizaturuka ku masez...









