Uwo ni Serumogo Ally Omar. Uyu musore ukina ari myugariro yaraye asezewe ariko yishimiwe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yari amazemo imyaka itanu. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwamwifurije amahirwe aho...
Wembanyama ni Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Yaraye ashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi ikipe yitwa San Antonio Spurs yifuza gukinisha. Bivugwa ko muri iyi kipe, Wemban...
Amafoto aherutse gufatwa n’itangazamakuru agaragaza ko Stade ya Kigali yiswe Kigali Pélé Stadium yuzuye ivumbi. Abari bafite isoko ryo kuyitaho ryararangiye ntibabaha irindi ndetse ntihagira n’irindi ...
Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere Clare Akamanzi yashimye ko imikoranire y’u Rwanda n’Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Afurika, BAL, yongerewe igihe cy’imyaka itanu. Ya...
Gacinya Chance Denis yongeye kwangirwa kwiyamamariza kujya mu Mpuzamashyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, kubera impamvu z’ubunyangamugayo. Komisiyo y’Amatora muri iri shyiram...
Irushanwa ryiswe Kigali Peace Marathon ryari risanzwe ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, guhera mu mwaka wa 2024 rizazamurirwa urwego rijye ku rwego rw’isi. Ni amakuru yatangajwe na...
Igice cya marathon cy’isiganwa mpuzamahanga ryitwa Kigali Peace Marathon ryabereye mu Mujyi wa Kigali cyatsinzwe ahanini n’abanya Kenya kuko ari bo bihariye imyanya 10 ya mbere. Umunya Kenya witwa Umu...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwaraye busabwe kuyoboka ikigo cy’imari n’imigabane kugira ngo abashoramari bayiguremo imigabane, icuruze irusheho gutera imbere. Byaraye bisabwe n’Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rw...
Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’amaguru, Ferwafa, yanze kandidatire zirimo iya Gacinya Chance Denis na Murangwa Éugene wakiniye Rayon Sports. Aba bagabo ntibagaragaye ...
Amakipe y’u Rwanda yamaze kugera ku mukino wa nyuma mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 n’icy’abaterengeje imyaka 13 mu irushanwa rihuza amashuri y’Umupira w’Amaguru ya Paris Saint-Germain ku Isi ri...









