Ubuyobozi bwa APR FC bwazanye abatoza bashya ngo bongerere iyi kipe imbaraga zo kuzakina no kuzatwara Shampiyona ziri imbere. Umutoza mukuru wa APR FC yitwa Thierry Froger akaba afite imyaka 60 y’amav...
Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Umunya Tunisia Yamen Zelfani yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali azanywe no gutoza Rayon Sports. Iyi kipe ni imwe mu zifite abafana benshi mu Rwanda kandi muri iki gihe abayizi bavuga k...
Mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2024, ikipe y’u Rwanda y’Abagore ikina umupira w’amaguru yaraye inganyije na Uganda ibitego 3-3. Hari m...
Mu Karere ka Musanze haherutse kubera umwiherero w’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’amagare, FERWACY. Umuyobozi waryo Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko uriya mwiherero wari ugamije k...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
Umuyobozi w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis yahamije ku kigero kinini cy’abakinnyi batandukanye n’iyi kipe, avuga ko bari abagambanyi. Ngo barayigambaniye bayibuza gutwara ig...
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball y’abatarengeje imyaka 16 yatsinze irusha cyane iya Tanzania ku manota 142-48. Hari mu mukino wa kabiri mu yo gushaka itike y’Imikino Nyafurika “FIBA U16 Zone V African...
Dick Sano Rutatika ari gukina mu ikipe y’u Rwanda ya Basktaball y’abakiri bato iri mu marushanwa muru Tanzania. Ni ibintu bishimishije kuri uyu musore wari umaze igihe akina mu bakiri mun...









