N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro, hari bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko aho ibintu bigeze umutoza wayo yasezererwa kubera ko nta musaruro aragaragaza. Uyu mutoza w’Umufaransa witwa Thierry Froge...
Nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 bikozwe na Rayon Sports, umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC yabwiye itangazamakuru ko abakinnyi be bakoze amakosa, Rayon Sports irabakosora. Ngo muri Football bibaho k...
Umwe mu bakinnyi b’ikipe y’u Rwanda ya Handball witwa Fred Nshimyumuremyi wari witabiriye imikino y’igikombe cy’isi cy’umukino mu batarengeje imyaka 19 yatorokeye i Zagreb muri Croatia aho byaberaga. ...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 12, Kanama, 2023 habaye umukino uruta iyindi muri Football yo mu Rwanda wahuje amakipe atajya imbizi ari yo Rayon Sports na APR FC. Warangiye Rayon Sports itsinze APR FC i...
Muri Croatia aho hari bagiye bahagarariye ikipe y’igihugu cyabo ya Handball, abakinnyi 10 muri 13 bagize iyo kipe y’Uburundi babuze. Ntawamenye aho barengeye. Kubera iyo mpamvu, hahise hanzurwa ko iyi...
Nyuma yo gutsindira mu buryo budasubirwaho kuzaha amazi abakinnyi, abatoza n’abandi bazitabira imikino yo muri Festival yiswe Giants of Africa iri hafi kubera mu Rwanda, Jibu Rwanda ivuga ko ari intam...
Amakuru Taarifa ikura muri Uganda aravuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda itsindiye igikombe yari yahuriye ku mukino wa nyuma n’ikipe y’Uburundi yitwa Rukinzo VC ikaba yayitsinze ku maseti atatu kuri i...
Ku kibuga cy’imikino itandukanye cya Lugogo muri Kampala hari kubera imikino ya Volleyball y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba. Ikipe ya APR Volleyball Club y’abagore yakatishije itike ya ¼ cy...
Abakozi b’Ishyirahamwe y’umukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bagiye kwiherera ngo baganire uko bazarushaho gukora neza mu minsi iri imbere. Uyu mwiherero ubaye nyuma gato y’uko...
Amakuru aravuga ko Carlos Alòs Ferrer wari umutoza mukuru w’Amavubi aherutse kwandikira FERWAFA ayisaba gusesa amasezerano mashya yari aherutse gusinyana nayo. Yari ayo gukomeza kuyatoza mu myaka ibir...









